skol

Amakuru

U Bwongereza: Abajura bibye miliyoni 47 z’ama-Pound mu kigo cy’imisoro

Abajura bateguye bakoresha ikoranabuhanga bibye milioni 47 z’ama-Pound mu biro by’Ikigo (…)

AU yavuze ku cyemezo cya Amerika gikumira abo mu bihugu bya Afurika kwinjirayo

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wakebuye ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump wa Leta (…)

Bugesera: Minisitiri Dr Utumatwishima yeretse urubyiruko imbarutso y’iterambere

Minisitiri w’Urubyiruko n’iterambere ry’ubuhanzi Dr Minisitiri Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, (…)

Burundi: Abakandida hafi 3000 bahataniye imyanya 100 y’abadepite

Kuva mu gitondo kugeza ku mugoroba wo kuri uyu wa 5 Kamena 2025, Abarundi bari mu matora (…)

Igiciro cyongerewe ku bashaka ubwiza burenze ubwo Imana yabahaye

Kuva tariki 29 Gicurasi, abacuruza ibikoresho byifashishwa mu kwisiga, kwitera no kongera ubwiza (…)

Ubukungu bw’u Rwanda bwiyongereyeho 8.9% mu 2024- IMF

Ubuyobozi bw’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) bwatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda bwarushijeho (…)

Trump yasinye itegeko rikumira Abarundi, Abanya-Somalia n’abandi muri Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku itegeko rikumira (…)

AFC/M23 yakuye intumwa zayo muri Qatar

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakuye intumwa (…)

Amerika yatangaje ko igitero cya drones za Ukraine cyashwanyaguje indege nke z’u Burusiya

Amerika yatangaje ko igitero cya ‘drones’ ingabo za Ukraine ziheruka kugaba ku bigo by’ingabo (…)

Muhanga: Umugabo birakekwa ko yiyahuye bitewe n’umugore wasanishije inzu atabizi

Mu Karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo witwa Zigiranyirazo Joseph w’imyaka 31 y’amavuko (…)

Amahoro y’ibidukikije agamije kugabanya ingaruka byateza

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, bwasobanuye ko hashyizweho amahoro y’ibidukikije (…)

Nyarugenge: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibiro 36

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), muri iki cyumweru yaburijemo (…)

Kabila yashinje Leta ya RDC uruhare mu rupfu rwa Lt Gen Sikatenda

Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu (…)

Bisi z’amashanyarazi zatangiye gukorera mu Ntara y’Iburasirazuba

Bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zikoresha amashanyarazi, zatangiye gukorera mu (…)

Abasirikare ba RDC bategetswe kukimaramo imyaka irindwi bakiri ingaragu

Umuvugizi w’Ingabo za RDC, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko abasirikare bashya binjira (…)