skol

Amakuru

Iran yigambye kwiba amakuru y’ubutasi ya Israel

Ibinyamakuru bya Leta muri Iran byatangaje ko inzego z’ubutasi z’icyo gihugu, ziherutse kubona (…)

Laban Korir wo muri Kenya yegukanye ‘Kigali International Peace Marathon 2025’ (Amafoto)

Umunyakenya Laban Kipngetich Korir yisubije ’Kigali International Peace Marathon 2025’ nyuma yo (…)

Ibikoresho by’iyanga biracyazitiye amashuri y’imyuga na tekinike

Urwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere tekinike, imyuga n’ubumenyingiro (RTB), rugaragaza (…)

U Burusiya bwarashe undi mujyi munini wa Ukraine

Ibitero by’indege zitagira abapilote z’u Burusiya byibasiye umujyi wa kabiri mu bunini wa (…)

Colombia: Umukandida ku mwanya wa Perezida yarashwe mu mutwe

Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika muri Colombia, Miguel Uribe Turbay, yarashwe (…)

Trump yongeye kwiyama Elon Musk, amuha gasopo

Perezida Donald Trump uherutse gushwana na Elon Musk bahoze ari inshuti magara, yongeye kwiyama (…)

Nduhungirehe yasobanuye impamvu imyitwarire ya CEEAC idakwiriye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rutazigera rwemera (…)

Irembo ry’ikuzimu ryatangiye kwifunga

Umuriro mwinshi wari umaze imyaka irenga 50 waka ahantu hacitse icyobo muri Turkmenistan, (…)

Minisitiri Mutamba yamaze amasaha umunani ahatwa ibibazo n’Ubushinjacyaha

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze (…)

Se wa Elon Musk yamuburiye ku ntambara yishoyemo kuri Trump

Se wa Elon Musk, Errol Musk, yatangaje ko umuhungu we adashobora gutsinda intambara (…)

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego (…)

U Burusiya bwahinduye umuyonga Umujyi munini wa kabiri muri Ukraine

Nibura abantu batatu bamaze gupfa, abandi 17 barakomereka mu gitero gikomeye cya drone u (…)

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umugore (…)

Perezida Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye, ashimira abiyeguriye gutanga uburezi ku Banyarwanda

Perezida Paul Kagame yagarutse ku buryo yize bigoye ubwo yari ari mu buhungiro, ariko agakomeza (…)

Umusirikare wa Amerika yishe atemye umugore we utwite, amuta mu kimoteri

Umusirikare w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahanishijwe igifungo cy’imyaka 23 kubera (…)