skol

Amakuru

Hatewe indi ntambwe iganisha Minisitiri Mutamba mu rukiko

Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Mu bifaru bya Abrams Amerika yahaye Ukraine mu kurwanya u Burusiya, hasigaye bitanu

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zimaze gushwanyuza imodoka z’intambara (…)

RIB yataye murigombi Umugabo uherutse kwicisha umugore we icyuma bapfa 50.000 Frw yafatiwe ku mupaka

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars, yatangaje ko umugabo (…)

Nta kibazo mfitanye na Bishop Gafaranga! Murava yavuze

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava, yagaragaje ko nta kibazo (…)

Bemba yashinje Kabila gushaka kwica Tshisekedi

Minisitiri w’Ubwikorezi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba (…)

Inama y’Abaminisitiri yaganiriye ku cyemezo cy’u Rwanda cyo kuva muri ECCAS

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 09 Kamena 2025 muri Village Urugwiro (…)

Kamonyi: Batanu bakurikiranyweho ubujura burimo gutobora inzu

Abantu batanu bo mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Rugalika batawe muri yombi, bakekwaho (…)

Israel yabonye umurambo wa Mohammed Sinwar wari umuyobozi wa Hamas

Ingabo za Leta ya Israel (IDF), zatangaje ko zabonye umurambo w’Umuyobozi w’Umutwe wa Hamas, (…)

Alain Destexhe yavuze ko abagize FDLR bikubye kabiri nyuma yo guterwa inkunga na Leta ya RDC

Alain Destexhe yatangaje ko kuva FDLR yatangira guterwa inkunga byuzuye n’ubutegetsi bwa (…)

Trump yasitaye ku ngazi ya ‘Air Force One’

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasitaye ku ngazi y’indege itwara (…)

Urubanza ruregwamo Umunyamakuru Nsengimana na bagenzi be rwongeye gusubikwa

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwongeye gusubika urubanza ruregwamo Umunyamakuru wa Umubavu TV, (…)

Amb Parfait Busabizwa yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Repubulika ya Congo

Ambasaderi Parfait Busabizwa yashyikirije Perezida wa Congo, Denis sassou N’Guesso, impapuro (…)

Trump yashinje Elon Musk gukoresha ibiyobyabwenge

Perezida Donald Trump yashinje umunyemari Elon Musk wari inshuti ye magara ndetse bakoranye bya (…)

Hahishuwe ko u Bwongereza bwishyura abimukira ngo bemere gusubira mu bihugu byabo

Guverinoma y’u Bwongereza yashinjwe kwishyura abimukira bari muri iki gihugu binyuranyije (…)

Ukraine ihangayikishijwe n’uko ’drones’ zikomeje kuyibana iyanga

Igisirikare cya Ukraine gihangayikishijwe n’ikibazo cy’ubuke bw’indege zitagira abapilote (…)