skol

Amakuru

Ibinyobwa bya SKOL, Virunga na Panache byahawe imidari ya zahabu

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rukaba rumaze gushinga (…)

Iran yarashe ibisasu byinshi muri Israel

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko ingabo za Iran zarashe ibisasu bikabakaba 100 ibyinshi muri (…)

Burundi: Stade Intwari yangiritse nta munsi ushize isuwe na FIFA

Stade Intwari y’i Burundi yabereyeho impanuka nta munsi ushize isuwe n’inzobere muri FIFA (…)

Iran yahize kwihorera kuri Israel

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Khamenei, yatangaje ko bazihorera kuri Israel kandi (…)

Umupolisi yatawe muri yombi kubera urupfu rwa Ojwang waguye mu kasho

Polisi ya Kenya yastangaje ko hari umupolisi watawe muri yombi akurikiranyweho urupfu rwa Albert (…)

U Burusiya bwamaganiye kure ibitero Israel yagabye kuri Iran

U Burusiya bwamaganye kure ibitero Israel yagabye kuri Iran, itanga umuburo ko icyo gikorwa (…)

Amerika yifuza ko u Rwanda na RDC bigirana masezerano y’amahoro vuba

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zifuza ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Injangwe irota kuba intare ihagarika kurya imbeba - Dr. Murangira yahaye umukoro abategura ‘Gen-Z Comedy’

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yatanze umukoro ku bategura ibitaramo bya (…)

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

Ingabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no (…)

Israel yagabye igitero gikomeye kuri Iran, yica abarimo Umugaba Mukuru w’Ingabo

Mu rukerera rwo kuri uyu wa 13 Kamena 2025, Israel yagabye igitero gikomeye ku butaka bwa Iran (…)

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

Abantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi barenga 100 (…)

Ikibuga cy’indege cy’i Bugesera cyagenewe miliyari 850 Frw mu 2025/2026

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yateganyije ingengo y’imari ya miliyari 850 z’amafaranga y’u (…)

Ingengo y’imari ya 2025/26 ni miliyari 7.032,5 Frw; ubukungu buzazamuka kuri 7,1%

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yussuf Murangwa, yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka (…)

Ingabo za SAMIDRC zatashye zinyuze mu Rwanda

Ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika (…)