skol

Amakuru

Umuyobozi Mukuru wa Polisi yageneye ubutumwa Abofisiye Bakuru bo mu Bihugu 9 biga mu Rwanda

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye yakiriye Abofisiye Bakuru baturuka (…)

Afurika y’Epfo yasobanuye impamvu kunyuza ingabo za SADC ku kibuga cy’indege cya Goma bitashobotse

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yasobanuye ko ingabo (…)

Hari icyabonetse mu iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abarenga 200

Abari gukora iperereza ku mpanuka y’indege ya Air India iherutse gukora impanuka igahitana (…)

Kuri Mars havumbuwe ikirunga kireshya na kilometero 19

Bwa mbere kuri Mars hagaragaye ikirunga kireshya na kilometero 19 z’ubuhagarike, mu mashusho (…)

Tanzania, Uganda na RDC mu bihugu ababikomokamo bashobora kubuzwa kwinjira muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari kwiga ku buryo bwo kwagura ingamba (…)

Kinshasa: Inteko yemereye Ubushinjacyaha kugeza Minisitiri Mutamba mu rukiko

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemereye Ubushinjacyaha (…)

UPDATES: Nta ruhande rworoheye urundi, Iran yasubije ibitero Israel yagabye

UPDATES: Ibisasu bya byarashwe na Iran mu ijoro ryo kuri iki cyumweru bimwe byaguye ku butaka (…)

U Rwanda rurasaba Afurika kongera abashakashatsi mu kurwanya indwara

Guverinoma y’u Rwanda yifuza ko uruhare rw’abashakashatsi mu kurwanya indwara muri Afurika rwava (…)

Trump yabujije Israel kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, byavuzwe ko yanze umugambi wa Israel wo (…)

Ikigo gishya cy’Abashinwa kigiye gushora imari mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo cy’Abashinwa (…)

Putin yifurije Trump isabukuru nziza, baganira no kuri Iran na Israel

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mugenzi we w’u Burusiya (…)

Bintou Keita wa MONUSCO yizeye kubona amahoro nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23

Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

U Rwanda na Tanzania byiyemeje gukemura ibibazo byo ku mupaka

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Tanzania byatangiye urugendo rwo kurushaho kongerera imbaraga (…)

Israel yongeye kurasa kuri Iran, iburira abaturage bayo

Israel yongeye kugaba igitero mu Mujyi wa Tehran ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Kamena 2025 (…)

RDF yatangiye kwandika abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka (…)