skol

Amakuru

Trump yabeshyeye Trudeau mu nama ya G7

Perezida Donald Trump, yongeye gutangaza amakuru atari yo mu nama ya G7, aho yashinje Justin (…)

RwandAir yegukanye igihembo cya sosiyete y’indege nziza mu ngendo zo muri Afurika

RwandAir yegukanye igihembo cy’umwaka wa 2025 nka sosiyete nziza ya mbere mu zikorera ubwikorezi (…)

Kamerhe ntiyemeranya na Leta ya RDC yahagaritse imishahara y’abakorera ahagenzurwa na AFC/M23

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, (…)

Amerika: Umunyarwanda yafunzwe agerageza guhisha uruhare rwe muri Jenoside

Urukiko Rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Ohio rukurikiranyeho ibyaha bitatu (…)

Umunsi wa Gatanu w’intambara ya Israel na Iran: Amakuru agezweho

Intambara hagati ya Israel na Iran yinjiye mu munsi wa gatanu impande zombi zisukanaho ibisasu (…)

Abantu 14 baguye mu bitero by’u Burusiya kuri Ukraine

Ibitero bikomeye u Burusiya bwaraye bugabye ku Murwa Mukuru wa Ukraine, Kyiv, byaguyemo abantu (…)

Museveni yasinye itegeko ryemerera inkiko za gisirikare kuburanisha abasivili

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yashyize umukono ku itegeko ryemerera inkiko za gisirikare (…)

Trump yibasiye Macron amushinja guhubuka

Perezida Donald Trump yanenze mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, amushinja kugaragaza (…)

Afurika y’Epfo yongeye gukora Israel mu jisho, iyishinja kuvogera ubusugire bwa Iran

Leta ya Afurika y’Epfo yashimangiye ko ihangayikishijwe n’ibitero igisirikare cya Israel (…)

Israel yarashe ibiro bya Televiziyo y’igihugu muri Iran

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyarashe ibiro by’Ikigo cy’Itangazamakuru cya Iran (IRINN), (…)

Amerika yahagaritse ibiganiro yagiranaga n’u Burusiya

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwafashe icyemezo cyo guhagarika ibiganiro intumwa (…)

Nyanza: Micomyiza yagaragaje umukino wa FPR yitabiriye nk’iturufu ko atangaga Abatutsi

Micomyiza Jean Paul yabwiye Urukiko ko atigeze aba umuhezanguni wanga Abatutsi, ndetse arusaba (…)

Rwamagana: Gitifu w’Akagari ukekwaho gukubita abaturage, yatawe muri yombi

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bwavuze ko uwari Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka (…)

Abofisiye bakuru 108 bo mu bihugu 20 barangirije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, yasabye abasirikare bakuru 108 bo mu bihugu 20 byo (…)

Uwihanganye washinze sosiyete y’ubucuruzi ya ’Vibaba’ yatawe muri yombi

Uwihanganye Bashir washize ikigo cyitwa Vibaba yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo (…)