skol

Amakuru

U Rwanda na RDC byemeranyije ku ngingo zigize amasezerano y’amahoro

Itsinda rya tekiniki ry’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byemeranyije ku (…)

Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahuriye mu nama ku mutekano

Abayobozi mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) n’abo mu za Uganda (UPDF) bahuriye mu nama y’iminsi itatu mu (…)

Afurika y’Epfo ishobora gufunga Ambasade ya Israel

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubufatanye Mpuzamahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, (…)

Ayatollah Khamenei yasubije Trump ko Iran idakangika

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yasubije Perezida Donald Trump wa Leta (…)

Kenya: Umupolisi warashe umusivile wigaragambyaga yatawe muri yombi

Umupolisi wo muri Kenya yatawe muri yombi azira kurasa umusivile mu myigaragambyo iherutse (…)

Madagascar: Abantu 17 bapfuye bazize ibyo kurya bihumanye

Muri Madagascar, mu Murwa mukuru Antananarivo, abantu 17 bapfuye bazize ibyo kurya bihumanye (…)

Umunyekongo aricuza guhungira muri Israel

Tonto Kapula w’imyaka 40 y’amavuko, ni Umunyekongo wahunze iwabo, ahungira muri Israel mu myaka (…)

Gakenke: Abakoresha umuhanda wa Buranga–Kamubuga–Base barifuza imodoka zibatwara

Abaturiye ndetse n’abakoresha umuhanda wa kaburimbo wa Buranga–Kamubuga–Base, ufite uburebure (…)

Mali yatangiye kubaka uruganda ruzajya rutunganya Zahabu

Perezida wa Mali, Général Assimi Goïta, yatangije ku mugaragaro imirimo yo kubaka uruganda (…)

Trump yasabye Iran kumanika amaboko itazuyaje

Ku munsi wa gatandatu w’intambara ya Iran na Isiraheli, Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah (…)

Iran yasabye abaturage bayo kureka gukoresha WhatsApp

Leta ya Iran yasabye abaturage bayo gusiba porogaramu ya WhatsApp muri telefone zabo, aho (…)

Indege 50 zarashe Tehran - ibigezweho mu ntambara ya Israel na Iran yinjiye ku munsi wa gatandatu

Ni umunsi wa gatandatu Iran na Israel byatsanyaho umuriro, aho ibikorwaremezo biri guhinduka (…)

Nyamasheke: Restaurant 40 zafunzwe kubera umwanda

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwafunze restaurant eshatu burundu izindi 37 zifungwa (…)

U Bufaransa: François Fillon wabaye Minisitiri w’Intebe yahamijwe icyaha cyo guha umugore we akazi ka baringa

Urukiko rusesa imanza mu Bufaransa, (Cour de Cassation), kuri uyu wa 17 Kamena 2025 rwahanishije (…)

Umunsi nk’uyu muri Jenoside Minisitiri Karemera yanditse asobanura uko kwica Abatutsi mu Bisesero bigomba gukorwa

Inama ya Guverinoma yo ku wa 17 Kamena 1994 yemeje ko Abatutsi bo mu Bisesero bagomba kwicwa ku (…)