skol

Amakuru

U Bwongereza bugiye gukoresha Miliyari 67 z’Amapawundi mu kwitegura intambara n’u Burusiya; dore uko zizakoreshwa

U Bwongereza bugaragaza ko u Burusiya ari umwanzi ukomeye ushobora guhangana na bwo byeruye mu (…)

Icyogajuru cy’u Buyapani cyari cyoherejwe ku kwezi cyashwanyutse kigiye kuhagera

Sosiyete yo mu Buyapani yitwa ispace yatangaje ko icyogajuru cyayo cyari cyoherejwe ku kwezi, (…)

Minisitiri Dr Uwamariya yagaragaje impinduka zazanywe no kugabanya pulasitiki mu Rwanda

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Valentine Uwamariya, yavuze ko kugabanya pulasitiki byazanye (…)

AFC/M23 ntiyishimiye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar

Leta ya Qatar iherutse gushyikiriza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Umwuka mubi ukomeje gukara hagati ya Donald Trump na Elon Musk

Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Elon Musk usanzwe ari umushoramari (…)

Tchad yihimuye kuri Trump wakumiriye abaturage bayo muri Amerika

Perezida wa Tchad, Maréchal Mahamat Idris Déby Itno, yafashe icyemezo cyo gukumira Abanyamerika (…)

U Burusiya bwagabye igitero cya ’drone’ i Kyiv gihitana bane

U Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) hirya no hino muri Ukraine mu (…)

Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza

Ambasaderi w’u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu uruhare mu bitero bya drones Ukraine (…)

Abayisilamu bizihije Umunsi Mukuru w’Igitambo

Abayisilamu bahuriye mu bice bitandukanye by’igihugu bizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo uzwi nka (…)

U Buhinde: Abafana 11 bapfiriye mu gikorwa cyo kwishimira intsinzi

Abantu 11 bapfuye ku wa Gatatu nyuma y’umuvundo wabaye hanze ya Stade y’Umukino wa Cricket mu (…)

Kicukiro: Imodoka yari itwaye abanyeshuri yakoze impanuka

Imodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu (…)

Abofisiye 2 ba RDF basoje amasomo ya girikare muri Kenya

Kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Kamena 2025, abofisiye babiri mu Ngabo z’u Rwanda barimo Maj. (…)

Arabie Saoudite yemereye Trump ingwe zidasanzwe

Ubwami bwa Arabie Saoudite bwemereye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ingwe (…)

Michelle Obama yagaragaje uko yakiriye icyemezo cy’umukobwa we cyo kwiyambura izina ry’umuryango

Michelle Obama, umugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko (…)

Edgar Lungu wayoboye Zambia yitabye Imana

Edgar Chagwa Lungu wayoboye Zambia kuva muri Mutarama 2015 kugeza muri Kanama 2021 yitabye Imana (…)