skol

Amakuru

Leta ya RDC yashoye miliyari y’Amadolari mu nzego z’umutekano mu 2025

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashoye miliyari 1 y’Amadolari ya (…)

Indege yakubiswe n’inkuba

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, indege ya sosiyete ya Southwest Airlines yavaga i Tampa muri (…)

Gatsibo: Umugabo bikekwa ko yari yagiye kwiba yasanzwe yapfuye

Umugabo w’imyaka 43 wo mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Gatsibo, yasanzwe ku muhanda yapfuye, (…)

U Rwanda na Kazakhstan biyemeje gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro

U Rwanda n’igihugu cya Kazakhstan basinyanye amasezerano y’ubutwererane ashingiye ku bucuruzi, (…)

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Ihuriro ry’Abagore bo mu rwego rw’imari

Madame Jeannette Kagame yitabiriye Inama Ngarukamwaka y’Ihuriro ry’Abagore bari mu rwego (…)

Trump ashobora guhagarika ibyo guhuza Ukraine n’u Burusiya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ashobora guhagarika intambwe yari yateye (…)

Colonel Nyirishema yarangije amasomo ya Gisirikare muri Kenya

Umwofisiye mukuru mu ngabo z’u Rwanda, Colonel Patrick Nyirishema, ku wa 27 Gicurasi 2025 (…)

Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Kazakhstan

Perezida Paul Kagame yageze i Astana, umurwa mukuru wa Kazakhstan, ku wa Kabiri, tariki ya 27 (…)

Lamine Yamal yongereye amasezerano muri FC Barcelone

Lamine Yamal yongereye amasezerano y’imyaka itandatu muri FC Barcelone, azageza mu mpeshyi ya 2031.

Gen (Rtd) Kabarebe ari i Kampala mu nama y’umutekano wa RDC n’akarere

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James (…)

Rutsiro: Yagwiriwe n’ibuye arapfa

Mbarushimana Alex w’imyaka 40 wo mu Akarere ka Rutsiro yagwiriwe n’ibuye arapfa, ubwo yari mu (…)

Pariki y’Igihugu y’Akagera yinjije miliyari 6,7 Frw mu 2024

Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko iyo Pariki yinjije miliyoni 4,7 (…)

Umujyi wa Kigali uri kugerageza uburyo bushya bwo gutwara abagenzi

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu muhanda Kabuga-Nyabugogo hari gukorerwa igerageza (…)

Abanyeshuri n’umwarimu bakurikiranyweho gukubita umwana agapfa

Abanyeshuri batandatu n’umwarimu wabo bakurikiranyweho gukubita umunyeshuri bamuziza ibiryo, (…)

M23 yavuze ko iminsi yo gufata Uvira ibaze

Abarwanyi ba AFC-M23 batangaje ko abatuye umujyi wa Uvira no mu nkengero zawo bacurwa bufuni na (…)