skol

Amakuru

U Rwanda ruri mu biganiro n’ikigo cyo mu Misiri bishobora gusiga rubonye uruganda rukora imiti

Leta y’u Rwanda iri mu biganiro n’ikigo ‘Pharco Pharmaceuticals’ gisanzwe kizobereye mu bijyanye (…)

Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, ku wa Kane yaciye amarenga y’uko iki gihugu cyaba (…)

RDC yashyizeho impapuro zo guta muri yombi Col Nangaa wa ARC/M23

Urukiko rwa Gisirikare rwa Kinshasa rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi uwahoze ayobora (…)

Perezida Trump yahagaritse abihinduje igitsina mu mikino y’abagore

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko rikumira abihinduje (…)

Google yakuyeho amahame yakumiraga gukoresha porogaramu zayo za ‘AI’ mu bikorwa bya gisirikare

Google yakoze impinduka zikomeye ku mahame yayo agenga imikoreshereze ya porogaramu zayo (…)

U Bushinwa bwihimuye kuri Amerika, buzamura umusoro ku bicuruzwa biturukayo

Minisiteri y’Imari y’u Bushinwa yatangaje ko yashyizeho imisoro mishya kuri bimwe mu bicuruzwa (…)

Abapolisi b’u Rwanda bitwaye neza mu marushanwa ya ’UAE SWAT Challenge’

Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda rya SWAT [Special Weapons and Tactics] ryitwaye neza mu (…)

RDC: Tshisekedi yahamagaje inteko rusange y’igitaraganya y’Abadepite na Sena

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yahamagaje inama (…)

Diddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Hahishuwe ko mu minsi ishize umuraperi Diddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo gufatwa (…)

Umuyobozi mukuru muri Islamic State yafatiwe muri Puntland

Ku wa Mbere, itariki 4 Gashyantare 2025, umuyobozi mukuru w’ishami rya Leta ya Kisilamu muri (…)

M23 yahagaritse imirwano kubera ibikorwa by’ubutabazi

Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe agahenge mu rwego rwo korohereza abakeneye ubutabazi kugira (…)

Perezida Macron yavuze ko u Burayi bwiteguye guhangana n’imisoro Trump ashaka kubushyiriraho

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko Amerika niramuka izamuye imisoro ku bicuruzwa (…)

Zelensky yigaramye miliyari 200$ Trump avuga ko Amerika yahaye igihugu cye

Perezida Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko atazi aho Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…)

Umwe mu bakinnyi ba ‘Squid Game’ yapfuye

Lee Joo-Sil wamenyekanye muri ‘season’ ya mbere ya filime Squid Game yamamaye ku Isi, yitabye (…)

Perezida Museveni yategetse ko abayobozi bariye amafaranga yagenewe abaturage bafungwa

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse Umuyobozi Mukuru wa Polisi guta muri yombi (…)