Mu gihugu cya Libya mu Ntara ya Kufra, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu, havumbuwe imva (…)
Perezida wa Liban, Joseph Aoun, yasinye iteka rishyiraho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri (…)
Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yasabye abagize guverinoma ye ko bakwegura mu mirimo yabo (…)
Pasiteri Pascal Mukuna wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahawe inkwenene nyuma (…)
Amashuri aherereye mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafunguwe kuri (…)
Banki ya Tanzania ku bufatanye na Minisiteri y’Imari muri icyo gihugu irateganya gushyiraho (…)
Kuri iki Cyumweru, itariki 9 Gashyantare ubushinjacyaha bwa gisirikare bwatangaje ko kuri uyu wa (…)
Venâncio Mondlane uherutse guhatanira kuyobora Mozambique agatsindwa amatora, yatangaje ko (…)
Sam Nujoma, impirimbanyi y’ubwigenge akaba n’umuyobozi w’inyeshyamba waje kuba perezida wa mbere (…)
Abantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u (…)
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yavuze ko ibiganiro hagati ya Perezida Tshisekedi n’abo (…)
Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yateguje ko abarwanyi bawo (…)
Perezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihuza (…)
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yatangaje ko biteye inkeke kubona Kayumba Nyamwasa (…)