skol

Amakuru

Libya: Havumbuwe imva rusange ishyinguwemo abimukira

Mu gihugu cya Libya mu Ntara ya Kufra, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu, havumbuwe imva (…)

Liban yashyizeho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri y’inzibacyuho

Perezida wa Liban, Joseph Aoun, yasinye iteka rishyiraho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri (…)

Perezida wa Colombia yasabye abaminisitiri batishimiye impinduka ze kwegura

Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yasabye abagize guverinoma ye ko bakwegura mu mirimo yabo (…)

Pasiteri Mukuna yavumye u Rwanda, ahabwa inkwenene

Pasiteri Pascal Mukuna wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahawe inkwenene nyuma (…)

Goma: Amashuri yongeye gukora

Amashuri aherereye mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafunguwe kuri (…)

Tanzania igiye guhagarika ikoreshwa ry’amafaranga y’amahanga imbere mu gihugu

Banki ya Tanzania ku bufatanye na Minisiteri y’Imari muri icyo gihugu irateganya gushyiraho (…)

Abasirikare ba mbere ba FARDC bataye urugamba muri Kivu y’Amajyepfo mu rukiko

Kuri iki Cyumweru, itariki 9 Gashyantare ubushinjacyaha bwa gisirikare bwatangaje ko kuri uyu wa (…)

Mozambique: Venâncio Mondlane utavuga rumwe n’ubutegetsi agiye gushinga ishyaka

Venâncio Mondlane uherutse guhatanira kuyobora Mozambique agatsindwa amatora, yatangaje ko (…)

Sam Nujoma waharaniye ubwigenge bwa Namibia yatabarutse ku myaka 95

Sam Nujoma, impirimbanyi y’ubwigenge akaba n’umuyobozi w’inyeshyamba waje kuba perezida wa mbere (…)

Abantu barenga 50 biciwe mu gico mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali

Abantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali (…)

U Rwanda rwanyuzwe n’imyanzuro y’inama hagati ya EAC na SADC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u (…)

Museveni yasabye Tshisekedi kuganira na M23 imbonankubone

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yavuze ko ibiganiro hagati ya Perezida Tshisekedi n’abo (…)

M23 yateguje ko itazemera imyanzuro iyisaba kuva mu bice igenzura

Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yateguje ko abarwanyi bawo (…)

Perezida Kagame yageze i Dar Es Salaam

Perezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihuza (…)

Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa

Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yatangaje ko biteye inkeke kubona Kayumba Nyamwasa (…)