skol

Amakuru

Perezida Kagame yifurije ishya n’ihirwe abayobozi bashya ba AUC

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora Komisiyo (…)

Perezida Trump na Putin bagiye guhurira muri Arabia Saoudite

Perezida wa Amerika Donald Trump na Vladimir Putin w’u Burusiya barateganya guhurira muri Arabia (…)

Kenya: Raila Odinga arakurikizaho iki nyuma yo gutsindwa mu matora ya AU?

Gutsindwa k’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, Raila Odinga,mu matora y’Umuyobozi wa (…)

U Burundi bwahambirije uhagarariye PAM

Leta y’u Burundi kuwa Gatanu yirukanye Sibi Lawson-Marriot uhagarariye ishami ry’Umuryango (…)

Tshisekedi yongeye gushinja Kabila gufasha M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yongeye gutangaza ko (…)

M23 yafashe Umujyi wa Bukavu itarwanye

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu wigaruriye Umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, (…)

Gen. Makenga yasuye ku ikosi abasirikare ba FARDC bishyikirije M23

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’umutwe wa M23, Général-Major Sultani Makenga, ku wa Kane yasuye (…)

M23 yemeje ko yafashe Kavumu n’ikibuga cy’indege cyaho

Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe Umujyi wa Kavumu uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu (…)

Perezida Kagame yageze muri Ethiopia

Perezida Paul Kagame yageze i Addis Abeba muri Ethiopia kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025, mu nama (…)

FARDC n’abarimo Ingabo z’u Burundi bahunze ikibuga cy’indege cya Kavumu

Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu tariki (…)

Ubwato butwara indege z’indwanyi bwa Amerika bwagonganye n’ubwato bw’ubucuruzi

Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Gashyantare 2025, Igisirikare cya Amerika cyavuze ko ubwato bugwaho (…)

Perezida Lourenço yasabye Tshisekedi kurenga umurongo utukura yihaye

Perezida João Lourenço wa Angola, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igomba (…)

Ba Musenyeri bo muri RDC nyuma yo guhura na AFC/M23, bakiriwe na Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame ku wa Kane yakiriye mu biro bye ba Musenyeri bagize Inama Nkuru (…)

Sudani igiye kwakira ibirindiro by’Ingabo z’u Burusiya zirwanira mu mazi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Sudani, Ali Youssef Ahmed Al-Sharif, yatangaje ko Sudani n’u (…)

Polisi yafunze umushoferi watwaye abafana bicaye hejuru y’imodoka

Polisi yo muri Uganda yataye muri yombi umushoferi wa taxi wafashwe atwaye abagenzi barenze (…)