skol

Amakuru

RSF n’abafatanyabikorwa biyemeje gushinga guverinoma ibangikanye n’iya Sudani

Ku wa Gatandatu, umutwe wa Rapid Support Forces wagiranye amasezerano n’indi mitwe ya politiki (…)

Tshisekedi yasabye ko abasirikare bari ku rugamba bahindurirwa imibereho

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye ko abasirikare bari ku rugamba mu (…)

Minisitiri Lammy w’u Bwongereza ategerejwe mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, David Lammy, ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi (…)

Museveni yavuze ku by’uko yohereje muri RDC ingabo

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yanyomoje amakuru yavugaga ko igihugu cye giheruka (…)

Perezida Museveni akwiye kwigira kuri Paul Kagame-Priscilla Zawedde

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Priscilla Zawedde uzwi ku izina rya Azawi yasabye Perezida Yoweri (…)

Hamas yahaye Israel umurambo utari wo

Israel yashinje umutwe wa Hamas kuyiha umurambo w’umuntu utari wo, aho kuyiha umurambo w’umugore (…)

Minembwe: Hagabwe ibitero bikaze nyuma y’iyicwa rya Gen. Makanika

Nyuma y’iminsi ibiri umuyobozi wawo yishwe na drone y’igisirikare cya FARDC, umutwe wa (…)

Philippine: Abaturage bari guhemberwa gufata imibu itera indwara iri kwibasira benshi

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Mandaluyong muri Philippine buri kwishyura abaturage bafashe imibu iri (…)

Ramaphosa yemeje ko abagaba bakuru b’ingabo bo muri EAC na SADC batarahura

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yemeje ko abagaba bakuru b’ingabo bo mu bihugu (…)

Ukraine yateye utwatsi Amerika yifuza kwishyurwa binyuze mu mabuye y’agaciro

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yateye utwatsi icyifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Ikiriyo cyo gushyingura Papa cyiri gutegurwa akiri muzima

Vaticani iri gutegura umuhango wo gusezera kuri Papa Francis nyuma y’uko bivugwa ko ubuzima bwe (…)

Nta mahoro twagira dushyira M23 ku ruhande - Umuyobozi w’Abasenyeri muri DRC

Umuyobozi w’Inama nkuru y’Abepisikopi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Mgr Donacien (…)

Macron na Starmer batumiwe muri White House mu biganiro ku kibazo cya Ukraine

Umujyanama mu by’umutekano wa Amerika, Mike Waltz, yatangaje ko abayobozi bombi b’ibihugu by’i (…)

RDC: Drone yarashye mu birindiro bya Twirwaneho yiswe Col Makanika

Muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, umutwe w’Abarwanyi ba Twirwaneho batangaje ko (…)

Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yahamije ko bakeneye amasasu badakeneye amatora

Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine, Ruslan Stefanchuk, yateye utwatsi abavuga ko (…)