skol

Amakuru

Pakistan: Imirambo y’abantu 25 yakuwe aho biciwe muri gari ya moshi

Nibura imirambo 25 y’abantu biciwe muri gari ya moshi n’abagabo bitwaje imbunda muri Pakistani, (…)

Amerika: Abacamanza bategetse White House gusubiza mu kazi abakozi birukanwe

Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Werurwe, abacamanza babiri bategetse ubuyobozi bwa Perezida wa Leta (…)

Ngoma: Abayobozi batatu bavugwagaho gutanga serivisi mbi basezeye mu kazi

Abayobozi batatu bo mu Karere ka Ngoma bavugwaho gutanga serivisi mbi ku baturage banditse (…)

Uganda: Minisitiri w’Ingabo yavuguruje Gen Muhoozi ku iyoherezwa ry’Ingabo muri Sudani y’Epfo

Minisitiri w’Ingabo wa Uganda, Jacob Oboth, yahakanye ibyo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, (…)

Tigray: Barasaba leta gutabara nyuma y’uko abiyomoye kuri TPLF bafashe imijyi 2

Guverinoma y’agateganyo y’Intara ya Tigray yo muri Ethiopia yasabye ko Guverinoma nkuru ya (…)

Ubutumwa bw’Ingabo za SADC muri RDC bwashyizweho iherezo

Inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa SADC, kuri uyu wa Kane yashyize iherezo (…)

Israel yatsimbaraye ku kugumisha ingabo zayo muri Syria

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko ingabo zayo zigomba kwitegura kuguma mu (…)

Pakistan: Abarenga 50 bapfiriye mu mirwano y’ingabo n’inyeshyamba zashimuse gari ya moshi

Umuvugizi w’Igisirikare cya Pakistan, Lieutenant Général Ahmad Sharif, yatangaje ko imirwano (…)

Jamie Foxx yijunditse ‘White House’

Jamie Foxx ntabwo yishimiye gusibwa kw’amagambo y’ubukangurambaga ‘Black Lives Matter’ yari (…)

Perezida Macron yavuze ko Putin ari ‘gashakabuhake’

Perezida w’U Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin (…)

Ingengo y’imari y’igisirikare cy’u Bushinwa yagizwe miliyari 249$

Leta y’u Bushinwa yatangaje ko mu 2025 izakoresha ingengo y’imari mu bya gisirikare (…)

Tshisekedi yashyize umukobwa we mu bajyanama be

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize umukobwa we, (…)

Nord Kivu: Perezida Tshisekedi yashyizeho Visi-Guverineri uje guhangana na M23

Perezida Tshisekedi, yagize Karawa Dengamo guverineri wungirije w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru (…)

U Bufaransa bwashyikirije Sénégal ibigo bya gisirikare bibiri

Leta y’u Bufaransa yatangaje ko yashyikirije Sénégal ikigo cya gisirikare cya Maréchal n’icya (…)

Trump yavuze ko ashobora gufatira u Burusiya ibindi bihano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora gufatira u (…)