skol

Amakuru

UPDF irigamba kurimbagura ibyihebe bya CODECO byayirasiye Colonel

Igisirikare cya Uganda, UPDF, cyatangaje ko cyishe ibyihebe birenga 240 byo mu mutwe wa CODECO, (…)

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare yapfuye

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda, yitabye Imana.

Impuguke za Loni zigiye gusura AFC/M23

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ziteganya gusura ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa (…)

Akabariro ntikarimo: Dore ibintu 10 abagabo bakunda ku bagore

Mu bihugu bitandukanye, ubushakashatsi bwagaragaje ko hari ibintu abagabo benshi bakunda ku (…)

Nyaruguru: Abayobozi 2 b’akarere barafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abayobozi bo mu karere ka (…)

Perezida wa Tunisia yirukanye Minisitiri w’Intebe

Perezida wa Tunisia, Kais Saied, yirukanye Minisitiri w’Intebe, Kamel Maddouri, nyuma y’igihe (…)

perezida Kagame yakiriye mu biro bye intumwa yo muri komite y’ubutasi ya America

kuri uyu wa 21 werurwe 2025 muri village urugwiro perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame (…)

Kanye West arashinja Kim Kardashian uburaya no gucuruza abantu bo gusambanywa

Umuraperi w’umunyamerika, Kanye West yatangaje ko uwahoze ari umugore we, Kim Kardashian (…)

Perezida w’uburundi ntiyumva impamvu igihugu cye gikennye

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagaragaje ko adashobora kumva impamvu igihugu cyabo (…)

Kinshasa: Abofisiye bakuru bahunze urugamba bagiye kuburanira mu muhezo

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwanzuye ko abofisiye (…)

Wigeze wumva ninjiye mu bitaro mu myaka 38 maze ndi Perezida? – Museveni

Ku wa Gatatu, itariki ya 19 Werurwe 2025, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yahuye n’abanyamakuru (…)

Trump yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko rikuraho Minisiteri (…)

MTN Rwanda yahawe umuyobozi mushya

Sosiyete y’itumanaho MTN Group yagize Ali Monzer Umuyobozi Mukuru w’ishami ryayo mu Rwanda, MTN (…)

Ingabo za Sudani zafashe ibiro by’Umukuru w’Igihugu

Ingabo za Sudani zafashe Ibiro by’Umukuru w’Igihugu i Khartoum mu rugamba rwo kwisubiza (…)

Tshisekedi yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano yemereye Amerika

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko ateze (…)