skol

Amakuru

Umudepite wa Amerika uherutse mu Karere yagaragaje ko RDC igomba gukemura ikibazo cya M23

Perezida wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe Ubutasi (…)

Ituri: Imirwano hagati ya CODECO na UPDF yaguyemo nibura abantu 9

Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko byibuze abarwanyi icyenda ba CODECO kuri uyu wa (…)

Bigirimana Noella wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC yasabiwe gufungwa by’agateganyo

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gutegeka ko Bigirimana Noella wahoze ari (…)

RIB yerekanye abantu 3 bamaze kuriganya abantu arenga Frw miliyoni 70 babizeza kubashakira akazi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze uwitwa Mungaruriye Eric (…)

Kayikwamba yaba yagiye gushaka amaboko kwa Ndayishimiye?

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kuri uyu wa Kabiri yakiriye Minisitiri w’Ububanyi (…)

peresida w’u Burundi yavuze ko kuba AFC/M23 ikomeza gufata ibice bitandukanye bidakwiye kubazwa Ingabo z’igihugu cye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko kuba abarwanyi b’umutwe witwaje (…)

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yateye inkunga igitaramo cy’umuhanzi The Ben kizabera (…)

Umujenerali wa Sudani yavuze ko bashobora gutera Tchad na Sudani y’Epfo

Sudani y’Epfo na Tchad byamaganye iterabwoba ryakozwe n’umujenerali wo muri Sudani wo hejuru, (…)

Indege z’intambara 6 gusa nizo zikora, South African Air Force igeze aharindimuka

Imirwano iherutse kubera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yashyize ahagaragara (…)

AFC/M23 yatangaje impamvu itarakura ingabo zayo mu mujyi wa Walikale

umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 Lawrence kANYUKA yatangaje ko igisirikare cya Repubulika iharanira (…)

Prof. Bossuyt wayoboye Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bubiligi yanenze politiki yabwo ku Rwanda

Prof. Marc Bossuyt wayoboye Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bubiligi akaba n’umwarimu w’amategeko (…)

Trump yatumye Minisitiri w’Intebe wa Canada ateguza amatora y’igitaraganya

Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yatangaje ko hagomba kubaho amatora y’abagize Inteko (…)

Bemba yongeye gushinja Kabila kuba Umunyarwanda

Visi Minisitiri w’Intebe wa RDC akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba, yongeye (…)

UPDF yaba igiye gufasha AFC/M23 gufata umujyi wa Kisangani?

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Perezida Yoweri Kaguta (…)

Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 baracyagaragara mu mujyi wa Walikale

kuri uyu wa 23 werurwe 2025 abatuye mu mujyi wa Walikale batangaje ko abarwanyi bo mu ihuriro (…)