skol

Amakuru

Umwe mu biyamamarije kuyobora Congo yiyunze na M23/AFC

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, inkuru irimo kuvugwaho cyane ni iy’umugabo witwa Rex (…)

Pasiteri Bugingo yasabye Bobi Wine kwakira Yesu agukizwa

Pasiteri Aloysius Bugingo uyobora House of Prayer Ministries yongeye kuvuga ku munyapolitiki (…)

Trump yateguje Iran ko azayirasa, niyanga ubwumvikane kuri nikeleyeri

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azarasa kuri Iran mu gihe (…)

Nyanza: Yabonye ‘grenade’ mu murima ayitiranya n’iteke

Habinshuti Euraste wo mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Nyagisozi, yabonye grenade mu murima (…)

ICJ igiye kuburanisha urubanza Sudani iregamo UAE kugira uruhare muri jenoside

Ku wa Gatanu, Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwatangaje ko ruzaburanisha mu ruhame ku (…)

Guinea: Gen. Doumbouya yahaye imbabazi Dadis Camara wahoze ari perezida

Perezida wa Guinea (Conakry), Gen. Mamadi Doumbouya yahaye imbabazi uwahoze ari umuyobozi w’iki (…)

Malakal: Impunzi zishimiye igikorwa cy’umuganda zafatanyije n’Abapolisi b’u Rwanda

Mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 28 Werurwe, abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-9 (…)

Myanmar: Umutingito umaze guhitana abasaga 1000

Abasaga 1,000 bapfuye muri Myanmar, abandi babarirwa mu bihumbi barakomereka, nyuma y’umutingito (…)

SADC igiye gusaba leta ya Congo guhagarika ibitero igaba kuri AFC/M23

Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) wasezeranyije ihuriro AFC/M23 ko ugiye gusaba ubutegetsi (…)

RIB yafunze umusore ukekwaho kwica mugenzi we bapfuye 300 Frw

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga bwashyikirije Urwego rw’Igihugu (…)

Sudani y’Epfo: UPDF iravugwaho kurasa inyeshyamba ikoresheje intwaro z’ubumara

Igisirikare cya Uganda (UPDF), cyateye utwatsi amakuru ashinja ingabo zacyo ziri muri Sudani (…)

Corneille Nangaa yasobanuye inkomoko y’izina AFC

Tariki ya 15 Ukuboza 2023, nibwo Corneille Nangaa wabaye Perezida wa Komisiyo y’amatora ya (…)

Lt. Col Willy Ngoma yahawe akabyiniriro n’abasirikare ba SADC

Umuvugizi w’Igisirikare cya M23, Lt. Col Willy Ngoma, yahawe izina ry’akabyiniriro n’abasirikare (…)

M23 yemereye ingabo za SADC zaheze muri RDC gutahana n’intwaro zazo

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu wemeye ko uzafasha ingabo z’Umuryango wa SADC ziri muri (…)

Putin yateguje ko u Burusiya ‘buzamara’ abasirikare ba Ukraine

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yateguje ko u Burusiya buzamara abasirikare ba Ukraine mu (…)