skol

Amakuru

I Goma bank zigiye kongera gufungura imiryango

Ibikorwa by’amabanki bigiye kongera gufungura mu Mujyi wa Goma nyuma y’amezi abiri bihahagaze (…)

Amerika irateganya kwambura no kwima visa Abanyasudani y’Epfo bose

Ku wa Gatandatu, itariki 5 Mata, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe (…)

Ituri: Umusirikare wa FARDC yishe arashe umwana na nyina

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata 2025, Umusirikare wa FARDC yarashe yegereye (…)

M23 yateguje ingamba zikomeye nyuma y’uko ubutegetsi bwa RDC bwishe abantu 10 bo mu bice igenzura

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ku itegeko ry’ubutegetsi bwa Kinshasa abagizi ba nabi, bishe (…)

Tanzania: Leta ya RDC ikomeje gupfunda imitwe hirya no hino ishaka abayityariza FARDC

Mu butumwa i Dar es Salam, muri Tanzaniya, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata, (…)

Burundi: Hari ubwoba bw’uko amatora atazaba

Impuzamashyaka ‘Burundi Bwa Bose’ iri mu myiteguro y’amatora arimo ay’abagize Inteko Ishinga (…)

MININFRA yagaragaje ko hakenewe amategeko agenga imikoreshereze inoze ya AI

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), Olivier Kabera, yavuze ko (…)

Uwacu Julienne yatangiye imirimo mishya muri Unity Club Intwararumuri

Uwacu Julienne wahoze ari Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinzwe itorero no guteza imbere umuco muri (…)

U Burusiya: Umudepite yirukanywe azira gusiba akazi imyaka ibiri

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya (State Duma) yirukanye umudepite Yuri Napso wari (…)

Sonia Rolland ashobora kwisanga mu nkiko kubera inzu yahawe n’umuryango wa Omar bongo wayoboye Gabon

Nyuma y’iperereza ryagaragaje ko Sonia Rolland hari inyubako nini yo guturamo (apartment) (…)

Abatavuga rumwe na Tshisekedi bamaganye amasezerano ashaka kugirana na Amerika

Ihuriro LAMUKA rigizwe n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira (…)

Kinshasa: Hatanzwe umushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko

Umushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (…)

Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Umuyobozi wa Komisiyo y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bagirana ibiganiro

Perezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 4 Mata 2025 yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo (…)

Yakatiwe gufungwa hafi imyaka itatu azira ishusho ya Yezu

Muri Indonesia, umugore uzwi cyane mu gukoresha urubuga nkoranyambaga rwa TikTok witwa Ratu (…)

Perezida Ruto yasabye Loni gushyigikira gahunda ya EAC na SADC yo kugarura amahoro mu karere

Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yasabye Umuryango w’Abibumbye gushyigikira gahunda (…)