skol

Amakuru

Tundu Lissu yongeye gutabwa muri yombi

Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, ryatangaje ko Tundu Lissu uriyobora (…)

RDCongo: Abahitanywe n’umwuzure watewe n’imvura bamaze kuba 43

Guverinoma ya Congo, yatangaje ko umubare w’abamaze kumenyekana ko bishwe n’isuri n’umwuzure (…)

OMS yateguje icyorezo gikomeye gishobora kwibasira Isi mu minsi iri imbere

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryaburiye ibihugu bitandukanye ko bigomba (…)

Murangwa yavuze uburyo Rusesabagina yitiriwe ibikorwa by’abandi mu kurokora Abatutsi muri Jenoside

Uwahoze ari umukinnyi wa Rayon Sports, Murangwa Eric Eugène, warokotse Jenoside yakorewe (…)

Abakozi ba RRA n’aba OAG bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 9 Mata 2025, abakozi b’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) n’ab’Ibiro (…)

EU yashyiriyeho umusoro wa 25% ibicuruzwa biva muri Amerika

Ibihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) bashyiriyeho ibicuruzwa biva muri Leta Zunze (…)

Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Teleperformance

Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru b’ikigo Teleperformance, gitanga serivisi (…)

Umunsi u Bufaransa bumenya umugambi wo kurimbura Abatutsi bukaryumaho

Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abapfobya, abahakana (…)

Centrafrique: Amb. Olivier Kayumba yagaragaje uko Ababiligi bateguye Jenoside yakorewe Abatutsi

Ambasaderi w’u Rwanda muri Centrafrique, Olivier Kayumba, yatangaje ko u Bubiligi bwageze mu (…)

Uko umugore wa Ndayishimiye yafungishije Umunyarwanda wacuruzaga ibikomoka kuri peteroli i Bujumbura

Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, (…)

U Bushinwa bugiye kugerera Amerika mu kebo k’imisoro yabugereyemo

Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko igiye kongera kuzamurira ibicuruzwa bituruka muri Leta (…)

Intumwa yihariye ya Donald Trump yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu byerekeye Umugabane wa (…)

Doha: Ibiganiro byari bitegerejwe hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa byasubitswe

Ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za (…)

Leta ya RDC yemeye ko yatumye ingabo zayo zitsindwa na AFC/M23

Minisitiri w’Ingabo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Mudiamvita, yemeye (…)

Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa

Nk’uko byatangajwe n’Umunyamakuru wigenga ukora inkuru zicukumbuye, Steve Wembi, Ihuriro rya (…)