skol

Amakuru

MINEMA yerekanye ahantu 522 hashobora kwibasirwa n’ibiza

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi MINEMA yatangaje ko hari ahantu hangana na 522 yabaruye (…)

Niger: Abantu 50 barimo Abaminisitiri n’Abadipolomate bafunguwe

Hakurikijwe ibyifuzo by’Inama y’Igihugu ya Niger byatumye abantu bagera kuri 50 bafungurwa (…)

Abepisikopi Gatolika basabye u Rwanda n’u Burundi gufungura imipika

Kuva kuwa 30 werurwe 2025 kugeza kuwa 01 mata 2025 muri Diyosezi gatolika ya Kibungo hateraniye (…)

Muhanga: Yateshejwe inka yibye amaze gukingirana nyir’urugo

Tuyisenge Boniface w’imyaka 28 yafashwe amaze kwiba inka mu rugo rwa Nkundimana Philppe w’imyaka (…)

Ikibazo cya Bebe Cool na Alex Muhangi cyageze mu rukiko

Muri Werurwe 2025, umuhanzi Bebe Cool yatanze ikirego mu rukiko arega Alex Muhangi kuba (…)

Nyagatare: Abaturage bibukijwe gusigasira ubumwe n’ubudaheranwa bw’abanyarwanda no kwirinda ingengabitekerezo

Mu Mirenge yose y’Akarere ka Nyagatare hateranye inteko rusange z’abaturage. Umuyobozi (…)

Trump agiye kohereza Umujyanama we mu Rwanda na RDC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, agiye kohereza Massad Boulos usanzwe ari (…)

Kisangani: Basabwe kutagira ubwoba mu gihe hikangwa Inyeshyamba za AFC/M23

Perezida w’inteko y’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yatangije icyifuzo cyo kuba maso (…)

Tshisekedi yategetse ko Abanyamerika bahamijwe kugerageza kumuhirika bagabanyirizwa ibihano

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yategetse ko (…)

Hamenyekanye umunsi ibiganiro bya mbere bya M23 na RDC bizaberaho

Amakuru aturuka ku ruhande rwa leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse (…)

Abayobozi b’amakoperative mu Rwanda bagiye kujya bamenyekanisha imitungo yabo

Hashize iminsi havugwa ikibazo cy’imicungire y’amakoperative n’imiyoborere yayo mu makoperative (…)

U Bushinwa bwahaye uburenganzira indege zitagira abapilote zitwara abagenzi

Ikigo gishinzwe iby’indege za gisivili mu Bushinwa (CAAC) cyemeje ibyemezo by’indege zitagira (…)

Burkina Faso: Perezida Traore yababariye abasirikare bashatse guhirika ubutegetsi

Perezida wa Burkina Faso, Captain Ibrahim Traore, yatanze imbabazi ku basirikare 21 bahamijwe (…)

Umuvugizi wa Guverinoma ya Kongo yatangaje ko bizeye ko ingabo za SADC zizataha abarwanyi ba AFC/M23 baravuye i Goma

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba (…)

Yolande Makolo yasubije perezida Tshisekedi washinjije u Rwanda impfu z’abanye-kongo barenga miliyoni

kuwa 31 werurwe 2025 Perezida Félix Tshisekedi wa RDC washinjije “ibihugu by’abaturanyi birimo u (…)