skol

Amakuru

AFC/M23 yashyizeho ikigo cy’imari kigiye kuba kifashishwa muri Goma

Umutwe w’inyeshyamba M23 / AFC wongeye gufungura, kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Werurwe, (…)

Abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkogi yibasiye Koreya y’Epfo

Byibuze abantu 24 bari hagati y’imyaka 60 na 70 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze kwicwa (…)

Riek Machar yatawe muri yombi

Inzego z’umutekano za Sudani y’Epfo zaraye zitaye muri yombi Visi-Perezida wa mbere w’iki (…)

Abadepite basabye ko ba MC bajya basora

Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko, yasabiye abakora (…)

Nigeria: Nibura abasirikare 4 barimo komanda wa brigade biciwe mu bitero by’ibyihebe

Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko (…)

Nyarugenge: Umugore akurikiranweho gukubita umugabo we bikamuviramo urupfu

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge (…)

Ambasade ya Amerika muri DRC yanyomoje ibiro bya Tshisekedi byatangaje ko Dr.Ronny ari intumwa yihariye ya Trump

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanyomoje (…)

Umuyapani wafunzwe imyaka 48 arengana yemerewe miliyoni 1,44 y’Amadolari

Urukiko rwa Shizuoka mu Buyapani rwategetse Leta kwishyura miliyoni 1,44 z’Amadolari ya Amerika (…)

Umutwe wa RED Tabara wanyomoje Peresida w’uburundi washinjije u Rwanda kuwufasha

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi kuva mu 2015, wanyomoje (…)

U Burusiya na Ukraine byemeranyije guhagarika imirwano mu Nyanja Yirabura

U Burusiya na Ukraine byiyemeje guhagarika intambara mu mazi mu Nyanja Yirabura mu masezerano (…)

RDC yasabye Afurika y’Epfo ubufasha bwo gutoza ingabo zayo

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Afurika y’Epfo gutoza imitwe (…)

Abanyeshuri mu bice bigenzurwa na M23 bakoze ibizamini bya leta

Nubwo byari bigoye kwitegura, abanyeshuri bo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo (…)

M23 yashyizeho abayobozi bashya ba CADECO

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo imitwe ya M23 na Twirwaneho, ryashyizeho abayobozi (…)

Intumwa yihariye ya Trump yasabye ko M23 yinjizwa mu ngabo za Congo

Umuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe (…)

RED-Tabara yitandukanyije n’u Rwanda

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wamaganye Perezida Evariste Ndayishimiye (…)