skol

Amakuru

U Bubiligi bwohereje abakomando hafi 500 mu burasirazuba bwa DRC

Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru The Great Lakes Eye aravuga ko ku itariki ya 17 Werurwe, (…)

Angola yahagaritse kuba umuhuza w’u Rwanda na RDC

Leta ya Angola kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Werurwe, yatangaje ko yaretse inshingano yari (…)

Umudepite wo muri Kenya yakubitiwe muri sitade yagiye kureba ikipe y’igihugu

Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium (…)

Al shabab yishe abapolisi batandatu ba Kenya

Polisi yavuze ko abapolisi batandatu bo muri Kenya bishwe n’abakekwaho kuba aterabwoba ba Al (…)

Abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye kongera guhurira mu nama

Yasuwe : Yavuzweho: Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungire, yatangaje ko (…)

FARDC yijeje ko igiye kwirinda gutera AFC/M23 yemeye kuva muri Walikale

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kiratangaza ko nacyo kigiye kwirinda (…)

U Budage bwafunze ambasade yabwo i Juba mu gihe hikangwa indi ntambara

Ku wa Gatandatu, ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga by’u Budage byavuze ko bizafunga (…)

Papa Francis arasohoka mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga

Papa Francis arava mu bitaro bya Gemelli biri i Roma kuri iki Cyumweru kandi azakenera nibura (…)

Kayonza: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibilo 30

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yaburijemo igikorwa cyo (…)

George Foreman yapfuye

George Foreman, umwe mu bakinnyi b’iteramakofi bakomeye mu mateka, yitabye Imana ku ya 21 (…)

Namibia yarahije Perezida wa mbere w’umugore

Namibia yanditse amateka ubwo Netumbo Nandi-Ndaitwah, w’imyaka 72, yarahiriraga kuyobora igihugu (…)

M23 yafashe Mubi itarwanye

Umutwe wa M23 wigaruriye Centre y’ubucuruzi ya Mubi yo muri Teritwari ya Walikale, nyuma y’uko (…)

Inyigisho ya Gen Muhoozi kuri ba Ofisiye ba RDF

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye ingabo za Afurika guhangana (…)

U Buholandi bugiye gukuba gatatu umubare w’abagize igisirikare cyabwo

U Buholandi buri kwiga ku mushinga mugari wo kwinjiza mu ngabo zabwo abasirikare benshi ku buryo (…)

M23 ntigihuye n’impuguke za Loni

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu watangaje ko gahunda yari ihari yo guhura n’impuguke (…)