skol

Amakuru

Bangkok: Inyubako y’amagorofa 30 yagwiriye abantu 43 [Amafoto]

Ku wa Gatanu, inyubako y’amagorofa 30 yari ikiri kubakwa mu gace ka Chatuchak i Bangkok (…)

Umupolisi wa kabiri wa Kenya amaze kwicwa n’ibyigomeke byo muri Haiti

Umukozi w’ingabo z’amahanga zoherejwe muri Haiti kurwanya imitwe yitwaje intwaro, Bénédict (…)

Zelensky yashinje intumwa ya Trump kubogamira ku Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje intumwa yihariye ya Donald Trump wa Leta Zunze (…)

Kenya yohereje Odinga muri Sudani y’Epfo guhosha amakimbirane yongeye kubura

Kenya yohereje uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Raila Odinga, muri Sudani y’Epfo nk’intumwa (…)

Umukobwa w’imyaka 17 yishwe azira kwanga kurongorwa n’umusaza w’imyaka 55

Muri Kenya, umukobwa w’imyaka 17 witwa Gaala Aden Abdi, wabaga mu nkambi y’impunzi ya Dadaab, (…)

Cibitoke: Abacukuzi ba zahabu 2 bapfuye bazize imyitozo ya gisirikare y’Imbonerakure

Abacukuzi ba zahabu babiri bapfuye abandi batatu barakomereka bikabije mu myitozo ya gisirikare (…)

Abarusiya 6 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bw’ubukerarugendo mu Nyanja Itukura

Abantu batandatu, Abarusiya bose, bapfuye nyuma y’uko ubwato bw’ubukerarugendo burohamye nko (…)

Minisitiri Kayikwamba wa DRC yashimye ubufasha Afurika y’Epfo yahaye igihugu cye binyuze mu butumwa bwa SADC.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba (…)

Ibihugu byo muri EAC bikomeje kongera ingengo y’imari bishora mu gutumiza intwaro

Ibihugu birimo u Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi, Tanzania, DRC, Somalia na Sudani y’Epfo bigize (…)

Igisirikare cya Sudani kirukanye RSF mu bice hafi ya byose bya Khartoum

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Werurwe, Ingabo za Sudani zirukanye ingabo bahanganye za Rapid (…)

Ndayishimiye yashimangiye ko u Burundi bufite ubutunzi ndengakamere

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashimangiye ko igihugu cye gifite ubutunzi (…)

FARDC yarashe indege y’abasivili i Walikale icyeka ko ari AFC/M23

Kuri uyu wa 27 werurwe 2025 mu mujyi wa Walikale,ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya (…)

U Bubiligi, u Burundi, na Congo biri gutegura ibitero simusiga ku birindiro bya M23

Kuva Umujyi wa Goma, munini mu burasirazuba bwa DRC, wafatwa ku itariki ya 27 Mutarama, (…)

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda agiye kugeza ijambo ku kanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi.

kuri uyu wa 27 werurwe,Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe ari i (…)

Abadepite bo muri Amerika basabye ko Leta ya RDC guhagarika ubufatanye na FDLR

Abadepite bagize Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ishinzwe (…)