skol

Amakuru

Indege y’igisirikare cya Philippines yaburiwe irengero mu mirwano n’inyeshyamba

Indege y’igisirikare cya Philippines yo mu bwoko bwa FA-50, yari ifite abarwanira mu kirere (…)

Dusubire muri 2011 umunsi Perezida Kagame atanga amasomo muri Kaminuza ya Havard University.

Perezida Kagame ni umwe mu bayobozi bazwiho ubuhanga bw’indashyikirwa mu bikorwa byabo byose, (…)

Ubukungu busangiwe n’imihigo mishya muri ‘BRI’: Ibyo u Bushinwa buhanze amaso mu 2025

Ku rwego rw’Isi icyuho mu iterambere ry’ibihugu bikize n’ibikennye kirarushaho kwiyongera bitewe (…)

U Bufaransa, Ukraine na UK bari gukora kuri gahunda y’amahoro bazamurikira Amerika

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer yavuze ko u Bwongereza, u Bufaransa na Ukraine (…)

Canada ishobora kohereza abasirikare muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Tredeau, yaciye amarenga ko igihugu ayoboye gishobora (…)

Perezida Zelensky ’wishe ibiganiro na Trump’ yategetswe gusaba imbabazi

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio (…)

Polisi yamaze impungenge abafite impushya zo gutwara imodoka za ‘automatique’ bifuza iza ‘manuel’

Polisi y’u Rwanda Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko abafite impushya zo (…)

Israel yahagaritse kwinjiza imfashanyo muri Gaza

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu byatangaje ko Israel ihagarika kwinjiza inkunga (…)

FARDC yise General Gakwerere wa FDLR umukozi w’u Rwanda

Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu itariki 01 Werurwe 2025, umutwe wa M23 ushyikirije u Rwanda (…)

Uwahawe imbabazi na Perezida yishwe arashwe

Umugabo witwa Matthew Huttle, wababaririwe na Donald Trump ku byaha bya January 6 byibasiye (…)

Lubero: Abana hafi 200 bamaze kwinjizwa mu mitwe y’inyeshyamba ku ngufu

Amakuru aturuka muri Libero aravuga ko abana bagera ku ijana binjijwe mu gisirikare (…)

Imodoka ya mbere iguruka yasuzumwe

Kompanyi ya Alef Aeronautics yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamuritse imodoka ya mbere (…)

Uganda: Gen Kale Kayihura mu gahinda ko guhezwa mu bikorwa bya gisirikare

Gen. Kale Kayihura wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda, yatangaje ko ababazwa no (…)

Amb. Dr. Gashumba ntiyumva uburyo Suède yirengagije nkana ubufatanye bwa FARDC na FDLR

Ambasaderi w’u Rwanda muri Suède, Dr. Diane Gashumba yagaragarije Guverinoma ya Suède ko u (…)

Kwanga kuganira na M23 ubwabyo biragaragaza ko hari ikibazo – ECC

“Ni ibisanzwe rwose (kuri Perezida Tshisekedi kuvuga ko atazigera aganira na M23). Ibi biremeza (…)