skol

Amakuru

Afurika y’Epfo yemeje ko mu basirikare bayo bavuye muri RDC harimo abafite ihungabana

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) cyemeje ko mu basirikare bacyo baherutse gukurwa mu (…)

Koreya y’Epfo: Bwa mbere mu myaka icyenda umubare w’abavuka wazamutse

Bwa mbere mu myaka icyenda ishize, umubare w’abana bavuka wiyongereye muri Koreya y’Epfo ugera (…)

Malawi yavuze ku basirikare bayo bakuwe muri RDC_Ntibakomeretse, barwaye indwara zidakira

Umugaba Mukuru w’ingabo za Malawi, Gen Paul Valentino Phiri, yavuze ko abasirikare babo (…)

RDC: Kiliziya yamaganye iterabwoba iri gushyirwaho na Leta

Kiliziya Gatolika yamaganye iterabwoba iri gushyirwaho nyuma y’aho Urwego rwa Repubulika (…)

M23 yemeje ko Gén Omega wa FDLR atakiriho

Umutwe wa M23 wemeje ko Gén. Ntawunguka Pacifique Alias Omega wahoze ari Umuyobozi w’igisirikare (…)

Abasirikare ba RDC bakomeje guhanganira na Wazalendo muri Uvira

Abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya (…)

Conreille Nanga yakiranywe urugwiro I Bukavu

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC/M23 ,Corneillee Nangaa, ku munsi w’ejo, yakiranywe urugwiro mu (…)

M23 ibona ko Leta ya RDC ikwiye gufatirwa ibihano

Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga (…)

Imirwano hagati y’abaturage ba Kenya na Ethiopia yaguyemo bamwe abandi barabura

Kenya yohereje ingabo nyinshi n’abapolisi ku mipaka yayo na Ethiopia nyuma y’igitero cyagabwe (…)

IGP Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri (…)

Gen (Rtd) Kabarebe yavuye imuzi uko Tshisekedi yifuje guhanagura u Rwanda

Gen (Rtd) James Kabarebe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri (…)

Amerika yagiye iruhande rw’u Burusiya kabiri mu matora ya Loni

Amerika yagiye ku ruhande rw’u Burusiya inshuro ebyiri mu matora mu Muryango w’Abibumbye mu (…)

’Abantu bari mu birindiro bya MONUSCO ni bande?’ Kanyuka wa AFC/M23 abaza Bintou Keita

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko nta gitutu uyu mutwe wigeze ushyira ku (…)

Bubiligi bwashyizeho igitutu Banki y’Isi ngo bufatire ibihano u Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko mu nzego u Bubiligi (…)

New Zealand: Minisitiri yeguye ku kazi nyuma yo gukorakora umukozi

Minisitiri w’ubucuruzi muri New Zealand, Andrew Bayly yeguye ku mirimo ye nyuma yo gushyira (…)