skol

Imyidagaduro

Chris Brown yanenze abategura itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards

Mu mvugo yumvikanamo umujinya n’uburakari Umuhanzi Chris Brown yabaye yanenze abategura itangwa (…)

Myugariro Manzi Thierry yerekeje muri AS Kigali nyuma y’igihe nta kipe afite ari gukinira

Myugariro Manzi Thierry yamaze gusinyira AS Kigali amasezerano y’imyaka 2 nyuma y’amezi atandatu (…)

Wema Sepetu yatangaje ko nubwo aryohewe mu hari ikintu cy’ingenzi abura

Nyampinga wa Tanzania 2006, Wema Isaac Sepetu wakanyujijeho mu rukundo na Diaomond aherutse (…)

Patycope ari mu byishimo byo kwakira umwana yabyaranye na Emmanuella ukora kuri TV1

Rukundo Patrick benshi bazi nka Patycope,umwe mu basore bamenyekanye nk’impirimbanyi (…)

Bruce Melodie yahaye impano y’imodoka umugore we wizihiza isabukuru y’amavuko(AMAFOTO)

Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie mu muziki Nyarwanda yahaye impano y’imodoka umugore (…)

Jeanine Noach ari murukundo nundi musore yasimbuje Cyusa

Jeanine Noachwabiciye bigacika mu rukundo n’umuhanzi Cyusa Ibrahim yaciye amarenga ko ari mu (…)

Dore ibintu by’ingenzi umuntu aba akwiye kwitaho mu gihe ategura ubukwe

Ubukwe ni kimwe mu bintu umuntu yishimira ndetse uba usanga buri muntu mu buzima bwe ari umunsi (…)

Moses yatangaje ko gushaka umugore ku bagabo bibahindura abanyantegenke

Umunyamideli Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yatangaje ko gushaka umugore ku (…)

Natty Dread wari umaze igihe arembye yatangiye imyitozo yo kongera gutambuka

Natty Dread yatangiye kwimenyereza gutambuka nyuma y’amezi agera muri atatu arembeye mu bitaro (…)

Abahanzi bari batumiwe mu gitaramo cya Demarco ntibahabwe umwanya bagiye kugana inkiko

Bamwe mu bahanzi bari batumiwe mu gitaramo cya Demarco giherutse kubera i Kigali ariko (…)

Ni inshyanutsi! Umugore wabyaranye na Danny Nanone avuze amagambo akomeye kuri Yverry ashinja kwivanga mu bibazo by’umuryango we

Busandi Moreen wabyaranye na Danny Nanone ndetse akaba anamutwitiye indi nda y’umwana wa kabiri (…)

Angelina Jolie mu rukundo n’umusore arusha imyaka 21

Angelina Jolie wamamaye mu gukina filime ku mugabane wa Amerika ndetse no ku isi hose ari (…)

Beyonce yateguje ibitaramo byo kumurika Album ye yise ‘Renaissance’

Umuhanzikazi w’icyamamare ukomoka muri Leza zunze ubumwe z’America wamamaye nka Beyonce yateguje (…)

Zari na Shakib bongeye gushimangira urukundo rwabo, Shakib avuga k’umugore uvuga ko bashyingiranwe

Umuherwekazi ukomoka muri Uganda utuye muri Africa y’Epfo wamenyekanye nka Zari Hassan akaba ni (…)

Dore ibintu abakobwa benshi bagenderaho mu guhitamo umusore bakundana

Bimwe mu bintu abakobwa benshi bagenderaho iyo bagiye guhitamo umusore bashobora kwemerera urukundo.