skol

Amakuru

Kigali: ‘Umuvugabutumwa’ wagaragaye asaba abantu imitungo kugira ngo bakubirwe kenshi yafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze Bucyanayandi Emmanuel wagaragaye (…)

Twe kumva ko hari abandi bafite inshingano yo kurinda umutekano wa Afurika- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yatangaje ko nubwo Afurika iri ku isonga ku Isi mu kugarizwa n’ibibazo (…)

U Rwanda na RDC bigiye guhurira mu nama isuzuma intambwe zatewe mu rwego rw’umutekano

Intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa 21 n’uwa 22 Ukwakira (…)

Kigali: Abanyamahanga bakekwaho gukubita abamotari batawe muri yombi

Polisi y’Igihugu yatangaje ko yataye muri yombi abasore batatu b’abanyamahanga, bakubise (…)

Imva n’imvano ya bombori bombori zumvikana mu itorero Angilikani

Arikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Dr. Mbanda Laurent, yatangaje ko nta byacitse (…)

Imyumvire ya bamwe mu bakuze kuri Jenoside yakorewe Abatutsi irahangayikishije

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, (…)

Amakosa abashoferi b’amakamyo bagomba kwirinda mu mboni za SP Kayigi

Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SP Emmanuel Kayigi yeretse (…)

Komisiyo y’Amatora yemeje ko Paul Biya w’imyaka 92 azatsinda

Komisiyo y’amatora yo muri Cameroon yatangaje ko ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu (…)

Ingengabitekerezo ya Jenoside ntiganirwaho uko bikwiye- Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizimana Jean (…)

Ingabo za RDC ziri guhungishiriza intwaro mu Burundi

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zimaze igihe muri teritwari ya Uvira mu ntara (…)

Mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 mu myaka irindwi

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Amb. Christine Nkulikiyinka, yatangaje ko hagati ya 2017 (…)

Hagaragajwe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge byafashwe muri operasiyo ’Usalama’

Inzego z’umutekano, Polisi y’u Rwanda n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, n’Umujyi wa Kigali (…)

Hagiye gukorwa impinduka ku byo Umwanditsi mukuru w’urukiko agomba kuba yujuje

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitille yavuze ko hagiye gukorwa impinduka mu (…)

Twirwaneho ishinja Kayumba Nyamwasa umugambi wo gutsemba Abanyamulenge

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira (…)

Sarkozy azafungirwa mu cyumba cya wenyine

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, agiye gufungirwa mu cyumba cya wenyine (…)