skol

Amakuru

Washington: Abahagarariye u Rwanda na RDC bahuriye mu nama y’ubufatanye

Abayobozi bahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye mu nama (…)

Gaza: Abantu 11 bo mu muryango umwe bapfiriye muri bisi

Ubuyobozi bw’umutwe wa Hamas bwatangaje ko igisasu cyarashwe n’ingabo za Israel kigafata bisi (…)

Havumbuwe uburyo bushya bwo gupima ubwoko burenga 50 bwa kanseri icyarimwe

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika havumbuwe uburyo bushya bwo gupima ubwoko burenga 50 bwa (…)

U Rwanda na Sénégal byagiranye amasezerano atanu mashya y’imikoranire

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Sénégal, Diomaye Faye, bayoboye umuhango wo (…)

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’akazi (…)

Yari intwari nyakuri ya demokarasi - Barack Obama avuga kuri Raila Odinga

Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagarutse ku rwibutso afite kuri Raila (…)

Perezida wa Sénégal yatangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Senegal Bassirou Diomaye Faye, yagezei Kigali mu Rwanda mu ruzinduko (…)

Kivu y’Amajyepfo: Imitwe ya Wazalendo yarasanye, bamwe bahasiga ubuzima

Imitwe ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

SKOL irateganya gushora arenga miliyoni 25$ mu kwagura uruganda [AMAFOTO]

Ubuyobozi bw’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa SKOL rugiye gushora hagati (…)

Perezida Ndayishimiye yahaye FLN irwanya u Rwanda inkunga y’Imbonerakure zirenga 400

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yategetse ko umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya (…)

Hatangajwe gahunda nshya ya Gerayo Amahoro mu isura nshya

Polisi y’u Rwanda yatangije gahunda yiswe ‘Turindane, tugereyo amahoro’ iri mu isura nshya ya (…)

António Guterres yamaganye ihirikwa ry’ubutegetsi muri Madagascar

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yamaganye ibikorwa byo guhindura (…)

Abayobozi babiri bo muri RBC n’umwe wo muri RICA birukanywe

Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yirukanye abayobozi babiri bo mu kigo gishinzwe (…)

Rubavu: Yafatanywe ibitoki yibye bamusatse bamusangana udupfunyika 3 tw’urumogi

Kuri sitasiyo ya RIB ya Rugerero mu Karere ka Rubavu hafungiye Maguru Joël w’imyaka 35 wafashwe (…)

Pasiporo ya Amerika yavuye mu 10 zikomeye ku Isi

Raporo ya Henley Passport Index igaragaza uko pasiporo z’ibihugu zihagaze ku rwego mpuzamahanga (…)