skol

Amakuru

Indege z’intambara ziri guturuka mu Burundi zagabye ibindi bitero ku Banyamulenge

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Intego nshya ya RRA: Kuzamura umusaruro w’imisoro ukagera kuri miliyari zisaga 3.7 Frw mu 2025/2026

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko gifite intego yo gukusanya arenga (…)

Ifoto y’ingagi yo mu Rwanda iri kubyina, yatsindiye igihembo mpuzamahanga

Ifoto igaragaza ingagi ikiri nto yo mu misozi yo muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu Rwanda, iri (…)

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko abana batatu bari (…)

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga (…)

Amerika yafatiye Venezuela ibihano bishya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakomanyirije sosiyete esheshatu z’ubwikorezi zo muri Venezuela (…)

Kigali: Polisi ifunze umugore ukekwaho “gucuruza urumogi”

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) rikorera mu mujyi wa Kigali, ryafashe (…)

Banki Nkuru y’u Bufaransa yarezwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ishyirahamwe ry’Imiryango iharanira ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu Bufaransa (…)

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda barenga 300 babaga muri RDC

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 337 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR (…)

Trump yifatiye ku gahanga CNN ashaka ko igurishwa

Perezida Donald Trump yongeye kuvuga ko yifuza ko televiziyo ya CNN akunda gushinja guhakwa ku (…)

Ibyakurikiye andi masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC mu myaka 23 ishize

Mu myaka 23 ishize, Paul Kagame na Joseph Kabila Kabange bashyize umukono ku masezerano (…)

U Rwanda na Pologne mu biganiro byo kwagura ishoramari

U Rwanda na Pologne byagiranye ibiganiro byo ku rwego rw’abaminisitiri bigamije gushimangira (…)

Elon Musk yicuza igihe yamaze mu buyobozi bwa Trump

Elon Musk yavuze ko iminsi isubiye inyuma atakwemera kongera kuyobora Urwego rushinzwe kugabanya (…)

Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$

Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umushinga w’itegeko ry’ingengo (…)

lInkuba yakubise abaturage babiri b’i Ngoma umwe ahita apfa

Abaturage babiri bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Zaza bakubiswe n’inkuba ubwo bubakaga (…)