skol

Amakuru

Trump yifatiye ku gahanga CNN ashaka ko igurishwa

Perezida Donald Trump yongeye kuvuga ko yifuza ko televiziyo ya CNN akunda gushinja guhakwa ku (…)

Ibyakurikiye andi masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC mu myaka 23 ishize

Mu myaka 23 ishize, Paul Kagame na Joseph Kabila Kabange bashyize umukono ku masezerano (…)

U Rwanda na Pologne mu biganiro byo kwagura ishoramari

U Rwanda na Pologne byagiranye ibiganiro byo ku rwego rw’abaminisitiri bigamije gushimangira (…)

Elon Musk yicuza igihe yamaze mu buyobozi bwa Trump

Elon Musk yavuze ko iminsi isubiye inyuma atakwemera kongera kuyobora Urwego rushinzwe kugabanya (…)

Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$

Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umushinga w’itegeko ry’ingengo (…)

lInkuba yakubise abaturage babiri b’i Ngoma umwe ahita apfa

Abaturage babiri bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Zaza bakubiswe n’inkuba ubwo bubakaga (…)

Nta birego by’iyicarubuzo bikigaragara mu Rwanda - Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu

Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko nta kirego cy’iyicarubozo iheruka (…)

AFC/M23 yemeje ko yabohoye Umujyi wa Uvira, isaba abahunze gutahuka

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko nyuma y’urugamba rwo guhagarika ubwicanyi n’imvugo (…)

’Père Noël’ yatawe muri yombi kubera gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni

Uwahoze ari umwarimu mu mashuri abanza ubu ukora nka Père Noël mu birori bitandukanye byo mu (…)

U Rwanda rwamaganye ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC hafi y’umupaka warwo

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Rutsiro: Hatangiye iperereza ku mupolisi warashe abantu babiri na we akirasa

Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Ubugenzacyaha batangiye iperereza ku kibazo cy’Umupolisi wakoreraga (…)

U Rwanda rwongeye kwamagana abarwegekaho kurenga ku masezerano

Guverinoma y’u Rwanda yavuze ko idashobora kugerekwaho inshingano ku byaha byo kurenga ku (…)

U Rwanda rwikomye RDC ishoza imirwano yatsindwa ikiriza

Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwamagana abayobozi ba RDC bayishinja kurenga ku masezerano, (…)

AFC/M23 yinjiye Umujyi wa Uvira, ukurikira uwa Bukavu

Inyeshyamba za AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zaraye (…)

Mu basirikare ba Afurika y’Epfo 27% ni bo bafite ubuzima buzira umuze bubemerera gukora akazi

Byahishuwe ko Ingabo za Afurika y’Epfo (SANDF) zifite ikibazo gikomeye cy’ubuzima n’ubushobozi (…)