skol

Amakuru

Urwego rw’abikorera, Inzego z’ibanze na REG ku isonga y’ibyamunzwe na ruswa mu 2025

Ubushakashatsi kuri Ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index: RBI] bwa 2025, bwagaragaje ko mu (…)

Rusizi: Ubuyobozi bwaburiye abasengera ku ibuye rya Ryankana

Ibuye rya Ryankana riherereye mu cyanya cy’ubuhinzi mu kibaya cya Bugarama ahitaruye aho (…)

Imirwano yongeye gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 ryasubukuye imirwano mu (…)

Rubavu: Afungiwe amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside

Twayigize Martin w’imyaka 35 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Gisenyi mu (…)

Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda

Abapolisi n’abasirikare bakomoka mu bihugu 22 by’Afurika birimo n’u Rwanda, batangiye amahugurwa (…)

Kigali: Polisi yafashe umugabo ukekwaho kwiba moto y’umumotari

Polisi ikorera mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Masaka ivuga ko yafashe umugabo witwa (…)

Kuki bamwe mu bakoresha ibiyobyabwenge bajyanwa muri ’Rehab’ abandi bagafungwa?

Nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hakunze kugaragara ibibazo n’impaka ku mpamvu bamwe mu (…)

RDC yatangaje ko Ebola yari yadutse ku nshuro ya 16 yacitse mu gihugu

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyari cyaradutse ku nshuro ya (…)

Ibikubiye mu masezerano y’u Rwanda na Turikiya yo gukora intwaro

U Rwanda rwamaze kwemeza amasezerano y’ubufatanye na Turikiya mu gukora intwaro n’ibindi (…)

White House yemeje bidasubirwaho ko u Rwanda na RDC bigiye kugirana amasezerano ya nyuma

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, byemeje bidasubirwaho ko u (…)

RIB yavuze ku kibazo cy’umwana wahawe amafaranga yo kugura ‘uniforme’, ayishyura lodge yasambanyirijwemo

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira Thierry, yahishyuye ko hari umwana uri (…)

Kivu y’Amajyepfo: Ingabo za RDC zagabye ibitero henshi

Mu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Abitwaje intwaro gakondo bateye abaturage ku manywa y’ihangu

I Muhanga, itsinda ry’abasore bitwaje intwaro gakondo, bateye abaturage bo mu Murenge wa (…)

MINAGRI yabonye abayobozi bashya, Dr. Usta Kayitesi asimbura Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Dr. Telesphore Ndabamenye yagizwe (…)

Rutsiro: Abana babiri bibye ubwato burabaroha, umwe arapfa

Mu Karere ka Rutsiro, abana babiri bibye ubwato, burohama mu Kiyaga cya Kivu, umwe arapfa.