skol

Amakuru

Kayonza: Bamwe mu bagore baracyahohoterwa bazizwa kubyara abakobwa gusa

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Kayonza, bagaragaje ko bagikorerwa ihohoterwa n’abagabo babo (…)

Trump yateguje ibitero byo ku butaka ku bacuruza ibiyobyabwenge muri Venezuela

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateguje abasirikare b’iki gihugu ko (…)

USA: Abahawe Green Card bo mu bihugu 19 bashobora kuzamburwa

Perezida wa Amerika, Donald Trump yategetse ko hongera gusuzumwa uburenganzira bwo gutura no (…)

Minisitiri Nduhungirehe yasabye RDC gukemura ibibazo biyugarije aho guhora isabira u Rwanda ibihano

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yasabye (…)

Iyo biba njye nta rusengero na rumwe nafungura - Perezida Kagame ku nsengero zidakomorerwa

Perezida Kagame yatangaje ko ari we ufata umwanzuro ku nsengero zitandukanye zafunzwe mu bihe (…)

Bayasahuye kurusha undi wese ku Isi - Perezida Kagame ku Burayi n’amabuye ya RDC

Perezida Kagame yagaragaje ko Abanyaburayi badakwiye kwirirwa bashinja u Rwanda gusahura amabuye (…)

Perezida Kagame yagaragaje ko ibiganiro bya Washington biri mu cyerekezo cyiza

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibiganiro bihuriza intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira (…)

Sukhoi-25 ya FARDC yarashe ibirindiro bya AFC/M23 muri Masisi na Walikale

Indege y’intambara y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe (…)

Abagore b’i Kayonza babangamiwe n’abagabo bamaze imitungo bayandikisha ku babyeyi babo

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Kayonza babangamiwe n’ingeso za bamwe mu bagabo basigaye (…)

Abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro

Mu karere ka Rusizi, abagabo babiri bakorera kompanyi icukura amabuye y’agaciro yitwa New Kush (…)

Ibihugu bya EU byose byategetswe kwemera isezerano ry’abashakanye bahuje ibitsina

Urukiko rw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) rwategetse ko ibihugu binyamuryango byose bigomba (…)

Brig Gen Denis N’Canha wakuyeho ubutegetsi bwa Guinée-Bissau ni muntu ki?

Ku gicamunsi cyo ku wa 26 Ugushyingo 2025, Umaro Sissoco Embaló wayoboraga Guinée-Bissau kuva mu (…)

Perezida wa Guinée-Bissau yafunzwe

Abasirikare bo muri Guinée-Bissau bakuye Perezida Umaro Sissoco Embaló ku butegetsi, banamufunga (…)

Gatsibo: Umugore yicishije umusaza umwase amuziza ko amubwiye ko yicaye nabi

Umugore w’imyaka 29 wo mu Karere ka Gatsibo, yishe umusaza w’imyaka 69 amukubise umwase mu mutwe (…)

Abanyarwanda batanu bacumbikiwe muri Niger bagiye gucutswa

Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (…)