skol

Amakuru

Kivu y’Amajyepfo: Ingabo za RDC zagabye ibitero henshi

Mu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Abitwaje intwaro gakondo bateye abaturage ku manywa y’ihangu

I Muhanga, itsinda ry’abasore bitwaje intwaro gakondo, bateye abaturage bo mu Murenge wa (…)

MINAGRI yabonye abayobozi bashya, Dr. Usta Kayitesi asimbura Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Dr. Telesphore Ndabamenye yagizwe (…)

Rutsiro: Abana babiri bibye ubwato burabaroha, umwe arapfa

Mu Karere ka Rutsiro, abana babiri bibye ubwato, burohama mu Kiyaga cya Kivu, umwe arapfa.

Impanuka zo mu muhanda zahitanye abarenga 2900 mu myaka ine

Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano muri Sena y’u Rwanda yerekanye ko (…)

Ibigo mpuzamahanga bikora intwaro byacuruje arenga miliyari 679$ mu 2024

Ibigo 100 bikora intwaro byaciye agahigo ko gucuruza arenga miliyari 679$ mu mwaka ushize nyuma (…)

Tugomba kurwanya ubucuruzi bw’abantu- Minisitiri Amb. Nkulikiyinka

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Amb. Nkulikiyinka Christine, yasabye ubufatanye abaturage (…)

Meteo Rwanda yateguje imvura nke mu ntangiriro z’Ukuboza

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu minsi icumi ya mbere y’ukwezi (…)

Nkurayija Hubert yagizwe Umuhuzabikorwa wa Tour du Rwanda

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Nkurayija Hubert yagizwe (…)

AFC/M23 yatunze urutoki u Burundi ku bitero by’indege biri kugabwa ku basivili

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko (…)

Abasenateri batabarije abatwara amagare batagira amategeko abagenga

Abasenateri basabye ko hakwihutishwa iteka rya Minisitiri rigena uko amagare akoreshwa mu (…)

Impungenge z’Abasenateri ku munaniro w’abashoferi ushobora guteza impanuka

Abasenateri bagaragaje impungenge zo kuba Polisi idashobora gupima umunaniro w’abatwara (…)

Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa

Polisi ikorera mu Karere ka Gisagara yataye muri yombi abantu bane barimo n’Umunyamabanga (…)

Hashyizweho uburyo bushya bwo gutwara abantu mu buryo rusange i Kigali

Inama Inama y’Abaminisitiri yagejejweho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, (…)

EU yafashe umwanzuro wo guhagarika inkunga yagenerwaga Tanzania

Umwanzuro usaba EU guhagarika inkunga y’amafaranga yatangwaga kuri leta ya Tanzania, wafashwe (…)