skol

Amakuru

Trump na Visi Perezida we ntibatumiwe mu muhango wo gushyingura Dick Cheney

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na Visi Perezida, J.D Vance, ntibatumiwe (…)

Ingabire Marie Immaculée mu bagore 20 baharaniye uburinganire muri OIF

Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa (…)

Huye: Umugabo yasanzwe mu giti yapfuye

Umugabo bikekwa ko yiyahuye yasanzwe amanitse mu giti yapfuye, inzego z’umutekano (…)

Isi ntishobora kubaho neza yirengagiza abagore- Louise Mushikiwabo

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo yavuze ko (…)

Amasezerano ya Arsenal na Visit Rwanda ntazongerwa nyuma ya Kamena 2026

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko ku bwumvikane, amasezerano rwari rufitanye (…)

Prof Agnes Binagwaho yashimiwe uruhare rwe mu guteza imbere ubuvuzi mu Rwanda

Kaminuza y’Ubuvuzi ya RCSI, yahaye Prof Agnes Binagwaho wabaye Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda (…)

Nyamasheke: Bamaze amezi 9 nta mazi meza bayobotse i Kivu n’umugezi wa Karundura

Abaturage b’Umudugudu wa Kabuyaga, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka (…)

Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yakiriye mugenzi we w’u Buyapani mu biro bye

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yakiriye mu biro bye Prak Sokhonn, Minisitiri (…)

Google yaburiye abizera ‘AI’ buhumyi

Imikorere igezweho mu Isi ni aho abantu bahabwa inshingano zo gukora ikintu bakihutira kubaza (…)

Abantu miliyoni 318 bazugarizwa n’inzara ikabije mu 2026

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa ku Isi, (World Food Programme, WFP) ryagaragaje (…)

Trump nta kibazo abona mu kuba yarasa muri Mexique

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko nta mpungenge afite zo (…)

Amb Muhizi yashyikirije Perezida wa Singapore impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda

Innocent Muhizi wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore, yavuze ko zimwe mu ntego afite ari (…)

Rutsiro: Hamenwe litiro 17.000 z’inzoga zengwaga hisunzwe isabune

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwagaragaje ko mu minsi umunani ishize hafashwe ndetse hamenwa (…)

Nyamasheke: Yahitanywe n’umugezi avuye kuvumba inzoga

Simbizi Sylvestre w’imyaka 76 wari utuye mu Mudugudu wa Gahisi, Akagari ka Gakenke, Umurenge wa (…)

Isomwa ry’urubanza rwa Manzi Sezisoni ryongeye gusubikwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwongeye gusubika isomwa ry’urubanza ruregwamo Manzi Sezisoni (…)