skol

Amakuru

Gutunganya amazi ntibizabangamira ikorwa ry’umuhanda Kigali- Muhanga

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore yatangaje ko ikorwa ry’umuhanda Kigali- Muhanga (…)

U Rwanda rwagaragaje ko kubungabunga amahoro bidakwiye kwibanda ku mbaraga za gisirikare

Umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, (…)

Ingabo zirenga 200.000 za Venezuela ziryamiye amajanja mu kwirinda ibitero bya Amerika

Ingabo za Venezuela zasabwe guhora ziryamiye amajanja ndetse inyinshi zoherezwa mu bice byinshi (…)

Google yahakanye gusiba umurongo utandukanya Maroc na Western Sahara ku ikarita

Ikigo Google cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyahakanye gukura ku ikarita yacyo (Google (…)

Musanze: Muko amavomo yarangiritse bashoka Mukungwa

Abaturage bo mu Murenge wa Muko, akagari ka Mburabuturo mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze (…)

RIB yatahuye agatsiko k’abakekwaho kwiba miliyoni 18 Frw kuri sitasiyo za lisansi

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba za sitasiyo za lisansi (…)

EU igihe guha u Rwanda miliyari zisaga 14Frw yo gufasha impunzi

Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira, yakiriye Itsinda (…)

Hategerejwe itariki nshya y’inama izahuriza Perezida Kagame na Tshisekedi i Washington

Nyuma y’aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zisubitse ‘ku munota wa nyuma’ inama yari guhuriza (…)

Musanze: Baterwa ipfunwe n’Ibiro by’Umurenge bitajyanye n’igihe

Abaturage bo mu Murenge wa Shingiro, Akarere ka Musanze, barinubira ko bagihabwa serivisi babona (…)

RURA yinjiye mu kibazo cya internet ya MTN Rwanda yari yavuyeho

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko ruri gukurikirana ikibazo abakoresha internet ya (…)

Rusizi: Yafatanywe imiti mu nzu y’umuturanyi usanzwe umukeka kumusambanyiriza umugore

Kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Nyakabuye mu Karere ka Rusizi hafungiye (…)

Musanze: Aborozi bahangayikishijwe n’ababiba amatungo bakayabagirira mu ngo

Aborozi bo mu Mirenge inyuranye y’Akarere ka Musanze bavuga ko bahangayikishijwe n’ubujura (…)

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashyikirije João Lourenço wa Angola (…)

U Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza na Panama amasezerano y’ubufatanye mu by’indege

Guverinoma y’u Rwanda yagiranye n’iy’Ubwami bw’u Bwongereza na Panama amasezerano y’ubufatanye (…)

Nyagatare: Rwempasha biteguye kubyaza umusaruro kaburimbo ya 18 Km bari kubakirwa

Abaturiye umuhanda Nyagatare- Kizinga uhuza Akarere ka Nyagatare na Uganda barishimira ko uri (…)