skol

Amakuru

‘Mwarimu’ Clement wigishaga gutwara imodoka yiyahuriye mu Kiyaga cya Muhazi

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umugabo witwa Iraguha Clement wamenyekanye cyane kubera kwigisha (…)

Yabyaye impanga z’abana bane, azisaranganya amazina ya Raila Odinga

Umubyeyi ukomoka mu gace ka Kisii gaherereye mu Majyepfo ashyira i Burengerazuba muri Kenya (…)

Ngororero: Yabyariye muri ‘Coaster’

Mu karere ka Ngororero, umubyeyi wari kumwe n’abandi bagenzi mu modoka, yafashwe n’ibise mu (…)

Meteo Rwanda yateguje imvura n’umuyaga bidasanzwe mu Ugushyingo

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Iteganyagihe (Meteo Rwanda) cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11 na (…)

Amb Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria kwizihiza isabukuru y’Ubwigenge

Ku mugoroba wo ku wa Mbere, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier (…)

Perezida wa Syria yamaganiye kure abamuhuza n’ibitero byashegeshe Amerika mu 2001

Perezida wa Syria, Ahmed al-Sharaa, yavuze ko atagifitanye isano n’umutwe w’iterabwoba wa (…)

Yaciwe arenga miliyoni 500 Frw kubera kwanga guha ‘certificat de mariage’ ababana bahuje ibitsina

Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse Kim Davis wari warujuririye, (…)

Rubavu: Umugabo yasanzwe mu muhanda yapfuye yatemwe mu maso

Manishimwe Théogène w’imaka 42 wo mu Karere ka Rubavu yasanzwe mu muhanda yapfuye bigaragara ko (…)

Ubushakashatsi bwagaragaje ko ukora siporo azigama miliyoni 3,6 Frw

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yaburiye abantu badakora imyotozo ngororamubiri ko (…)

Amb. Busingye yifatanyaije n’Abongereza kwibuka abaguye mu ntambara

Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yifatanyije n’icyo gihugu mu gikorwa cyo (…)

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge’

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko ubutegetsi bw’u Burundi n’ubwa Repubulika Iharanira (…)

Huye: Umusaza w’imyaka 72 yasanzwe ku nzira yapfuye

Umusaza witwaga Uwitije Jean Claude, wari mu kigero cy’imyaka 72 wakoraga akazi ko gucukura imva (…)

BAD igiye guha u Rwanda arenga miliyari 13 Frw yo gukumira ibiza

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yatangaje ko igiye guha u Rwanda inkunga ya miliyoni (…)

Ngoma yahize utundi turere, Ruhango iza inyuma mu bipimo by’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda

Mu bushakashatsi Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) (…)

Ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda bugeze hejuru ya 95%

Raporo nshya yatangajwe na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (…)