skol

Imyidagaduro

Tiwa Savage yahishuye ibanga riri mu ndirimbo ‘Somebody’s Son’ n’uwo yaririmbaga

Tiwa Savage umaaze kuba ikirangirire mu bahanzikazi b’abahanga mu gukora umuziki mwiza (…)

Australia: Yatawe muri yombi ku isabukuru ye y’imyaka ijana

Umukecuru wo mu mujyi wa Victoria muri Australia, ubwo yizihizaga isabukuru ye y’imyaka ijana, (…)

Me Evode avuga ko itegeko ryo mu Rwanda ridasobanura ibiterasoni bihanwa,avuga ku ifungwa rya Liliane

Umunyamategeko Me Evode Kayitana usanzwe akora umwuga mu kunganira abandi mu mategeko, avuga ko (…)

Umuhanzi Fearless arakeka ko yaba arembejwe n’amarozi

Nyuma yo kuremba akajyanwa mu bitaro igitaraganya, umuraperikazi Niyonsenga Keza Amina uzwi nka (…)

Hateguwe igitaramo cyo gusezera Yvan Buravan

Hateguwe umugoroba wo guha icyubahiro no gusezera kuri Yvan Buravan kizaba ku wa 23 Kanama 2022.

Umukobwa wambaye ikanzu ikoze mu note ya Bitanu muri Bianca Fashion Hub yavuze uko yabitekereje

Umunyamideli Mucyo Giselle waserutse mu kirori cya Bianca Fashion Hub yambaye ikanzu ikoze mu (…)

Miss Kellia Ruzindana akuye mu rujijo abibaza k’urukundo rwe na Element

Kellia Ruzindana uri mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2022 akaba n’umwe (…)

RIB Yemeje amakuru y’uko Nyaxo afunze n’ibyaha akurikiranyweho

Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB). Dr Murangira Thierry, yemeje ko (…)

Umugandekazi wari waburiye mu Rwanda hatangajwe uko yabonetse

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Umunya-Uganda Justine Owor byavugwaga ko yaburiye mu Rwanda ubwo (…)

MANCHESTER UNITED irahura na LIVERPOOL mu mukino w’ishiraniro

Manchester United na Liverpool baraza guhura muri Premier League Kuwa mbere, mu mukino wo (…)

Diamond yatangaje impamvu y’ihagarikwa ry’ibitaramo yari afite muri Canada

Umuhanzi ukomeye muri Tanzania, Diamond Platnumz, yatangaje impamvu y’ihagarikwa ry’ibitaramo (…)

Nyuma y’ukwezi kumwe Jennifer Lopez na Ben Afleck bongeye gukora ubukwe(AMAFOTO)

Nyuma y’ukwezi kumwe umuhanzikazi Jennifer Lopez n’umukinnyi wa Filime Ben Afleck bakoze ubukwe (…)

Ijoro ryo kwibuka Yanga no kumuha icyubahiro ryitabiriwe n’ibyamamare (AMAFOTO)

Kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Kanama 2022, kwa Yanga mu rugo hatangijwe ikiriyo cyo kumuha (…)

Umunyamakuru Cedric wa Isango Star yakoze ubukwe n’umukunzi we(AMAFOTO)

Umunyamakuru Shimwayezu Cedric uzwi ku Isango Star mu kiganiro Isango na Muzika ndetse na Sunday (…)

Amafoto:Ihere ijisho ibyaranze ibirori bya Bianca Fashion Hub byaranzwe n’imyambarire idasanzwe

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho ibyaranze ibirori bya ’Bianca Fashion Hub’ byateguwe (…)