skol

Amakuru

Sagrada Família yaciye agahigo ko kuba urusengero rurerure ku Isi

Basilika ya Sagrada Família yabaye urusengero rurerure kurusha izindi ku Isi, nyuma y’uko (…)

Rusizi: Yacucuye nyirabuja wamukoreshaga atazi aho akomoka

Umukobwa w’imyaka 18 wakoraga akazi ko mu rugo rwa Ayinkamiye Laurence w’imyaka 28 mu Mudugudu (…)

Muhanga: Hakozwe umukwabu wasize umunani bakekwaho ubujura n’ibiyobyabwenge batawe muri yombi

Polisi ikorera mu Karere ka Muhanga yataye muri yombi itsinda ry’abagabo umunani bakekwaho (…)

U Rwanda rugiye guhabwa arenga miliyari 27,5 Frw rubikesha isoko rya Carbon

Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD), yatangaje ko bitarenze 2026, u Rwanda ruzaba rwamaze (…)

Igisirikare cya Mozambique n’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda byiyemeje gukomeza guhashya ibyihebe

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Gen Júlio dos Santos Jane, ari kumwe na Maj Gen André (…)

Abanyamahanga basura u Rwanda bakoresheje arenga miliyari 839,9 Frw mu 2024

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) isuzuma ibyo abantu bakoresheje mu ngendo (…)

Rubavu: Umukobwa w’imyaka 18 afungiye guta uruhinja yabyaye mu bwiherero bw’umuturanyi

Umukobwa w’imyaka 18 wo mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Kanzenze yatawe muri yombi akekwaho (…)

Bakoresha ubuhanuzi bw’ikinyoma nk’iturufu yo gufata bugwate abashaka gutaha - Abahoze muri FDLR biniguye

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique yahaye ikaze abantu 143 bahoze mu mitwe (…)

Perezida wa Guyana yishimiye ibiganiro yagiranye n’abarimo Perezida Kagame

Perezida wa Guyana, Dr Irfaan Ali, yagaragaje ko yishimiye ibiganiro aherutse kugirana n’abarimo (…)

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 326 babaga mu mashyamba ya RDC

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 326 bari mu miryango 98 batahutse bava mu mashyamba yo mu gihugu (…)

Afurika ni intare igisinziriye - Cardinal Kambanda

Antoine Cardinal Kambanda yagaragaje ko Afurika ari umugabane wifitemo ubushobozi kuko ufite (…)

RDC: Abarenga 300 bakatiwe igihano cy’urupfu kuva mu 2024

Umuryango mpuzamahanga w’Abakirisitu barwanya iyicarubozo (ACAT) watangaje ko kuva mu 2024, (…)

Kinshasa: Umusirikare wasomanye yambaye impuzankano yakatiwe

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye umusirikare (…)

Washigton D.C: Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Abanyarwanda bakora mu nzego Mpuzamahanga

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, uri mu ruzinduko rw’akazi muri Leta (…)