skol

Amakuru

U Bwongereza: Andrew wari igikomangoma agiye kwamburwa impeta za gisirikare

Umwami w’u Bwongereza, Charles III, yategetse ko Andrew wari igikomangoma agomba gukurwaho (…)

Kagame agaragaza ubushake buganisha ku mahoro mu karere- Umujyanama wa Trump

Umujyanama wa Perezida Donald Trump mu bijyanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko iki (…)

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yitabiriye ibirori byo gufungura Inzu Ndangamurage ya Misiri

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, (…)

U Rwanda rusanga imirwano ikwiye guhagarara ngo ubutabazi muri RDC bushoboke

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Jean Patrick Olivier yatangaje (…)

Amerika yasabye Leta ya RDC na AFC/M23 guhagarika imirwano

Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, (…)

Meteo Rwanda yateguje imvura nkeya mu ntangiriro z’Ugushyingo

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu minsi icumi ya mbere y’ukwezi (…)

Muhanga: Serivisi ya ISANGE yakira abarenga 700 bahohotewe buri mwaka

Abakora muri Serivisi ya ISANGE One Stop Center mu Bitaro bya Kabgayi, babwiye Komisiyo (…)

Leta ya RDC yahagaritse amashyaka 12 atavuga rumwe na yo

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain (…)

Miliyoni 100 Frw zigiye kujya zikoreshwa buri mwaka mu kwigisha ibyerekeye gutegura inama

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Amb. Nkulikiyinka Christine, yasabye urubyiruko kubyaza (…)

Tanzania: Samia Suluhu yatsinze amatora ku majwi 97,66%

Komisiyo y’Amatora muri Tanzania mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, yatangaje ko Samia Suluhu (…)

Tanzania: Abigaragambya banze kumvira itegeko ry’ingabo

Ni umunsi wa gatatu w’imyigaragambyo ku banya-Tanzania, bigabije imihanda bamagana amatora (…)

Umusore yapfiriye “aho yari yajyiye kwiba inzoga”

Mu mudugudu wa Rugarama B, mu kagari ka Runga mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza hari (…)

Umunani mu bayobozi 16 b’i Nyabihu bakekwaho kunyereza umutungo bafunguwe

Urukiko rw’Ibanze rwa Mukamira rwarekuye by’agateganyo ndetse na burundu abayobozi umunani (…)

Umutekano n’ituze ku isonga mu byo Abanyarwanda bishimira mu miyoborere

Ubushakashatsi ngarukamwaka ku miyoborere bwakozwe n’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, buzwi nka (…)

Karongi: Umaze myaka 31 yihishahisha kubera Jenoside yafatiwe ku biro by’Umurenge

Ndindabahizi Faustin w’imyaka 62 wari umaze imyaka 31 yihishahisha kubera uruhare akekwaho muri (…)