skol

Imyidagaduro

Prince Kid akomeje gusabirwa ubutabera n’abarimo Clarisse Karasira

Nyuma y’uko Ubushinjacyaha busabiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 16 Ishimwe Dieudonne uzwi nka (…)

Bwa mbere Meddy yavuze byinshi kuri Mama we uherutse kwitaba Imana n’uburibwe yatewe no kumubura

Umuhanzi Ngabo Medard utarakunze kugira ubutumwa asangiza abamukurikira nyuma y’urupfu (…)

Rwatubyaye yahishuye ko yatandukanye n’uwari umukunzi we watangaje ko basezeranye imbere y’Imana

Myugariro w’Ikipe y’Amavubi akaba na Kapiteni wa Rayon Sport Rwatubyaye Abdul yahishuye ko (…)

Ubutumwa Shaddyboo yanditse yiyita Umwamikazi bwavugishije benshi barimo Dj Brianne

Nyuma y’uko Shaddyboo yiyise Umwamikazi wAfurika y’Iburasirazuba Dj Brianne ko ntacyo akora (…)

Kanye West yagize icyo avuga ku mwambaro yambaye uriho amagambo yateje impaka

Nyuma yo kwibasirwa n’imbaga y’abantu benshi kubera umwambaro yagaragaye yambaye wanditseho (…)

Kanye West akomeje kwibasirwa kubera amagambo yagaragaye ku mupira yari yambaye

Umuraperi Kanye West akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwambara umupira (…)

Fridaus wabyaranye na Ndimbati yavuze ikintu gikomeye amukeneyeho nyuma y’uko afunguwe

Nyuma y’uko Ndimbati arekuwe muri Gereza Fridaus babyaranye abana b’impanga avuga ko kuba (…)

Amafoto:Prince Kid yageze mu Rukiko

Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yageze ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge agiye kuburana (…)

Ben Pol yahakanye amakuru yari yatangajwe n’umugore we avuga ko bamaze gutandukana byemewe n’amategeko

Ben Pol yateye utwatsi ibyari biherutse gutangazwa n’umugore we Anerlisa watangaje ko yamaze (…)

Rubavu:Umugabo wishe umugore we wari utwite yaburiwe irengero

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Mudende mu Kagari ka Bihungwe haravugwa inkuru y’umugabo (…)

Papa Cyangwe yahishuye ubuhemu yakorewe na Bruce Melodie,Juno na Davis D byatumye abibasira mu ndirimbo

Umuraperi uri mu bagezweho hano mu Rwanda uzwi nka Papa Cyangwe yahishuye impamvu yamuteye (…)

Rulindo:Umuturage yishwe n’abayobowe n’umuyobozi w’umudugudu ashinjwa kwiba intama

Mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Murambi mu Kagali ka Mvuzo haravugwa inkuru y’umugabo witwa (…)

Ntibifuzaga ko nzongera gusabana namwe!Ndimbati yavuze amagambo akomeye ku bana yabyaranye na Fridaus

Uwihoreye Jean Bosco benshi bamenye nka Ndimbati muri Filime y’uruhererekane izwi nka ’Papa (…)

Ibyamamare mu Rwanda byashenguwe n’urupfu rw’umunyamideli Neema wapfuye urupfu rutunguranye

Bamwe mu byamamare hano mu Rwanda bashenguwe n’urupfu rw’umunyamideli Neema Jeannine Ngerero (…)

AMAFOTO:Ihere ijisho ibyamamare mu Rwanda bimaze gukora ubukwe muri uyu mwaka

Uko iminsi igenda ishira ibyamamare mu Rwanda ntibisiba gukora ubukwe bitandukanye no mu myaka (…)