skol

Imyidagaduro

Miss Grace Bahati yahishuye impamvu yamaranye ikamba imyaka itatu

Miss Bahati Grace wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda2009 yahishuye impamvu yamaranya (…)

Menya amakosa ukwiye kwirinda gukora mu gihe warakaranyije n’umukunzi wawe

Mu gihe warakaranyije n’umukunzi wawe menya amakosa ukwiye kwirinda guhubukira gukora kuko (…)

AMAFOTO:Miss Aurore yatunguranye anyonga igare

Miss Mutesi Aurore Kayibanda wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2012 yatunguye abaturage (…)

Anne Kansime yagiriye inama abitabiriye igitaramo cya ’Seka Live’ y’uko bakwiye kujya basaba Imana(AMAFOTO)

Umunyarwenya umaze kubaka izina ku mugabane w’Afurika uturuka mu Gihugu cya Uganda wamenyekanye (…)

Reba ibyaranze umuhango wo gusaba no gukwa Miss Balbine(AMAFOTO)

Miss Umutoni Balbine wabaye igisonga cya kane cya Nyampinga w’u Rwanda 2015 yasabwe anakobwa na (…)

Mu magambo aryoheye amatwi Shakib yifurije isabukuru nziza Zari wujuje imyaka 43

Shakib Cham uri mu rukundo n’umuherwekazi Zari yamwifurije isabukuru niza y\imyaka 43 mu magambo (…)

UWANDEMEWE (Episode 7) : Natsinzwe ku manywa y’ ihangu nsubiza amerwe mw’ isaho ntashye ntinya guhinguka mu rugo

Duherukana ubwo nari ndi gukomanga ku muryango w’ inzozi zanjye, nari nagiye gukora ikizamini (…)

Umuryango wa Patient Bizimana uri mu byishimo byo kwibaruka umwana w’Imfura

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Patient Bizimana n’umuhore we Karamira Uwera (…)

Tonzi ari mu byishimo byo kwibaruka umwana wa gatatu

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Uwitonze Clemantine wamenyekanye nka (…)

Nyamirambo:Dj Omar yakomerekejwe n’amabandi yamwambuye agerageza no kumwica

Abayisenga Omar uzwi nka Dj Dizzo uvangira imiziki mu kabyiniro ka Bahaus yakomerekejwe (…)

Khloe Kardashian yahishuye agahinda yatewe na Thompson ubwo biteguraga kwibaruka umwana wa Kabiri

Khloe Kardashian uturuka mu muryango w’aba Kardashian ufite izina rikomeye muri Leta zunze bumwe (…)

Leandre Niyomugabo wari umunyamakuru wa Tv10 yasezeye

Leandre Niyomugabo wari umunyamakuru wa Tv10 mu biganiro "10 Tonight"na "The Link Up" yasezeye (…)

Gisagara:Umugabo yemeye icyaha cyo kwica mugenzi we bapfa umukobwa

Mu Karere ka Gisagara haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 25 wishe mugenzi we amuteye icyuma mu (…)

Bwa mbere Sandra Teta yavuze ku mpamvu ari mu Rwanda

Sandra Teta uri kubarizwa mu Rwanda kuva mu mezi make ashize nyuma yuko hamenyekanye inkuru ye (…)

Harmonize na Kajala bongeye guterana imitoma bivugisha benshi(AMAFOTO+VIDEO)

Umuhanzi uri mu bakomeye muri Afrurika ukomoka mu gihugu cya Tanzania wamenyekanye nka Harmonize (…)