skol

Imyidagaduro

Turahirwa Moses wa Moshions ari mu maboko y’Ubugenzacyaha

Twahirwa Moses wahanze inzu y’imideli ya Moshions yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu (…)

Ish Kevin yinjiye mu mukino wo gusiganwa mu modoka

Umuraperi Ish Kevin yinjiye mu mukino wo gusiganwa mu modoka, ndetse yemeza ko azitabira (…)

Kanye West yivuguruje ku byo kwiyita Umu-Nazi

Kanye West yivuguruje ku magambo yo gushyigikira Aba-Nazi no gutesha agaciro Jenoside yakorewe (…)

INAMA Y’UMUTEKANO (EP15): Dosiye y’igihombo cya Bad Ram na Coach Gael!

Kuki BadRam na Coach Gael bemeza ko umuziki w’u Rwanda wabahombeye?

Nicaraga iwanjye nkarira gusa – Spyro yatengushywe no gukorana na Davido

Spyro yatangaje ko umuziki we wakomeje kudindira nyuma yo gukorana indirimbo na Davido ndetse na (…)

Mu bukwe bwa Juma Jux Diamond yakoresheje arenga Miliyoni 650 Frw

Mu minsi yashize inkuru nyamukuru mu myidagaduro yo muri Africa yari inkuru y’ubukwe bwa Juma (…)

Kanye West yaryamanaga na mubyara we w’umuhungu bakiri bato

Mu butumwa yashyize kuri X (yahoze ari Twitter) ku wa 21 Mata 2025, Ye yavuze ko yageze kugirana (…)

Coach Gael agiye gukura imari ye mu muziki?

Umushoramari Karomba Gael wamenyekanye nka Coach Gael, yanditse ubutumwa bwaciye igikuba (…)

Lilian Mbabazi yihanije abamushinja kuba imbata y’ibiyobyabwenge

Lilian Mbabazi ukomoka mu Rwanda ariko agakorera umuziki muri Uganda, yikomye abantu (…)

Kristen Stewart wamamaye muri ‘Twilight’ yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we

Umukinnyi wa filime Kritsen Stewart wamamaye cyane muri filime ya ‘Twilight’, yarushinze (…)

Burundi: Umuhanzikazi Mow Kanzie yakoze ubukwe

Mu butumwa Mow Kanzie yashyize ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko yakoze ubukwe mu buryo (…)

Amarenga y’urukundo hagati y’umuhanzikazi Là Reïna ba Prince Kiiiz

Prince Kiiiz uri mu batunganya indirimbo bamaze kumenyekana mu Rwanda, yaciye amarenga y’urwo (…)

Lady Gaga ubwo yarari mu iserukira muco rya ‘Caochella’; yatengushywe n’ibyuma

Lady Gaga uri mu bahanzi bakomeye ku Isi yatengushywe n’indangururamajwi, mu iserukiramuco rya (…)

Kanye West yongeye guhuza urugwiro na Bianca Censori batandukanye

Nyuma y’iminsi mike Kanye West avuze ko we n’umugore we, Bianca Censori batandukanye, bongeye (…)

Filime ya Joël Karekezi ivuga ku musirikare warokoye benshi muri Jenoside yatsindiye amafaranga menshi

Filime ya Joël Karekezi ivuga ku musirikare w’Umunya-Sénégal warokoye benshi muri Jenoside (…)