skol

Amakuru

Google yakoze amavugurura muri ’Google Chrome’ ya iPhone

Google yatangaje ko yakoze amavugurura kuri porogaramu yayo ifasha abantu gufungura imbuga za (…)

Abanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo gusabira ubutabera Erixon Kabera warashwe na polisi

Abanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo mu mahoro rugamije gusabira ubutabera Erixon (…)

Gicumbi: Umukozi w’umurenge akurikiranweho kunyereza ifumbire yari igenewe abahinzi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa Mbere, itariki 11 Ugushyingo 2024, (…)

Trump yahisemo umunyamakuru nka Minisitiri mushya w’Ingabo, anaha Elon Musk imirimo

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umunyamakuru Pete (…)

Guverinoma y’u Bwongereza yasabwe gusubizaho gahunda yayo n’u Rwanda ku bimukira

Chris Philp ushinzwe gukurikirana ibirebana n’umutekano w’imbere mu Bwongereza mu ishyaka (…)

Lesego Chombo wabaye Nyampinga wa Botswana yagizwe Minisitiri

Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na (…)

Umwe mu bagore barenga 400 bagaragaye biha akabyizi na Baltasar yamureze

Cristel Nchama uri mu bagore babarirwa muri 400 bagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga (…)

Abasirikare benshi ba Tchad biciwe mu mirwano na Boko Haram

Nibura Abasirikare 15 ba Tchad baguye mu mirwano yabahuje na Boko Haram kuwa Gatandatu.

Anne Mbonimpa wari umukozi wa Ferwafa yitabye Imana

Anne Mbonimpa wari umukozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu bijyanye (…)

Israel: Urukiko Rukuru rwahaye umugisha icyemezo cya Netanyahu cyo kwirukana Minisitiri w’Ingabo

Urukiko Rukuru rwa Israel rwashyigikiye icyemezo cya Minisitiri w’Intebe, Benjamin Netanyahu, (…)

Israel: Abasirikari babujijwe kujya mu Buholandi

Itangazo ribuza abasirikari b’abanya Isiraheli kujya mu buhorandi, ryasohowe kuri uyu wa gatanu (…)

Igihugu cya Ukraine cyashyikirijwe imibiri y’abasirikari baguye ku rugamba

Kuri uyu wa Gatanu, igihugu cy’Uburusiya cyashyikirije kigenzi cyacyo cya Ukraine, imibiri (…)

Amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye agiye gutangazwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA, cyatangaje ko amanota (…)

Uganda: Ku myaka 54 yakoze ikizamini gisoza amashuri abanza

Muri Uganda, Pasiteri Rufus Amaku yakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza ku myaka 54 (…)

Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Ugushyingo 2024, yitabiriye (…)