skol

Amakuru

Umwaka wa 2024 ushobora guca agahigo ko kuba uwa mbere ushyushye

Ikigo gishinzwe Serivisi z’ikirere mu Burayi yagaragaje ko umwaka wa 2024 byanze bikunze uzaba (…)

U Budage: Ihuriro riri ku butegetsi ryasenyutse nyuma y’aho Scholz yirukanye minisitiri w’ingenzi

Ihuriro riri ku butegetsi mu Budage ryasenyutse nyuma y’uko Chancellor Olaf Scholz yirukanye (…)

Ethiopian Airlines yabaye sosiyete ya mbere y’indege itunze A350-1000 muri Afurika

Sosiyete y’indege, Ethiopian Airlines yakiriye indege yayo ya mbere yo mu bwoko bwa A350-1000 (…)

Cameroun: Paul Biya yizihije imyaka 42 amaze ku butegetsi

Perezida wa Cameroun, Paul Biya kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Ugushyingo yizihije imyaka 42 amaze (…)

Mozambique: Ubushinjacyaha bwinjiye mu iperereza ku buriganya mu matora

Ubushinjacyaha bwa Mozambique bwatangaje ko bwinjiye mu iperereza ku kirego cyatanzwe n’ishyaka (…)

Umunsi Trump abwira Kagame ko ari iby’agaciro kumugira nk’inshuti

Perezida Paul Kagame ku wa Gatatu yashimiye Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze (…)

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Nigeria yapfuye ku myaka 56

Perezida Bola Tinubu yatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko Umugaba Mukuru w’Ingabo za Nigeria, (…)

M23 yavuye mu gace k’ingenzi yaherukaga kwigarurira

Umutwe wa M23 biravugwa ko wamaze kuva mu gace ka Kamandi Gîte wari warigaruriye mu mpera (…)

Ubwiyongere bw’impunzi z’Abanyekongo bwateje ikibazo cy’aho bacumbikirwa

Impunzi nshya zirimo kugera mu Rwanda, cyane cyane Abanyekongo, biravugwa ko zigowe kubona amazu (…)

Operasiyo ya Polisi imaze guta muri yombi abahebyi barenga 50

Itsinda ry’abapolisi bo mu Karere ka Muhanga, Kamonyi, Ruhango n’iryo mu Mujyi wa Kigali ririmo (…)

Donald Trump niwe watorewe kuyobora Amerika muri manda itaha

Umunyapolitiki Donald wo mu ishyaka ry’aba Républicain yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze (…)

U Bwongereza bwiyemeje guhindura umuvuno ku mubano wabwo na Afurika

Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Bwongereza, David Lammy, (…)

Amajyepfo: Hafashwe abantu 51 bafite aho bahuriye n’ubucuzi butemewe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu 51 barimo abakoraga mu bucukuzi (…)

Filipe Nyusi wayoboye Mozambique yasabye abaturage guhagarika imyigaragambyo

Filipe Nyusi usoje manda ze nka Perezida wa Mozambique, yasabye abari kwigaragambya mu mujyi wa (…)

Rurageretse hagati ya Elon Musk na Jennifer Lopez

Elon Musk yanenze Jennifer Lopez utaragiriye inama abantu yo kwirinda P.Diddy bahoze bakundana, (…)