skol

Amakuru

Netanyahu yashinje Hezbollah gushaka kumwivugana

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yashinje umutwe wa Hezbollah gushaka (…)

Mozambike: Abantu bitwaje imbunda bishe abantu 2 batavuga rumwe n’ubutegetsi

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yavuze ko abantu bitwaje imbunda bishe (…)

Perezida Putin yaburiye Ukraine yifuza intwaro kirimbuzi

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yaburiye Ukraine nyuma y’aho igaragaje ko ikeneye intwaro (…)

Abanyarwanda bategujwe imvura nyinshi mu minsi 4

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, (Meteo Rwanda), cyateguje ko hagati ya tariki 17 (…)

Somalia: Abantu barindwi baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi

Muri Somalia, abantu barindwi (7), bapfuye bazize igisasu cyaturikijwe n’umwiyahuzi muri ‘Café’ (…)

Nyagatare: Umucamanza, umushinjacyaha n’abagenzacyaha mu bakurikiranweho ruswa

Kuri uyu wa Kane, itariki 17 Ukwakira 2024, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare rwatangiye (…)

U Burusiya bwaburiye Israel yifuza kurasa Iran

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije w’u Burusiya, Sergei Ryabkov, yavuze ko Leta ye (…)

Sudani y’Epfo: Lt Gen Mohan Subramanian yagaragaje ko Ingabo z’u Rwanda ari zo nkingi za UNMISS

Lt Gen Mohan Subramanian, Umuyobozi w’Ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Ubibumbye muri (…)

Israel yemeje ko yishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel, yatangaje ko umuyobozi mushya w’umutwe wa Hamas, (…)

Urubyiruko rurenga miliyoni 1.4 rwasabye kujya mu gisirikare cya Koreya ya Ruguru

Guverinoma ya Koreya ya Ruguru yatangaje ko urubyiruko rurenga miliyoni 1.4 rwasabye kwinjira (…)

U Buholandi bugiye kohereza muri Uganda abimukira bimwe ubuhungiro

Guverinoma y’u Buholandi yatangaje ko iri guteganya gutangira kohereza muri Uganda impunzi (…)

Nigeria: Abantu 147 bishwe n’inkongi yatewe n’ikamyo itwaye lisansi

Inkongi y’umuriro yatewe n’impanuka y’ikamyo yari itwaye lisansi yahitanye abantu 147 ikomeretsa (…)

Elon Musk yatanze miliyoni 75$ mu bikorwa byo kwiyamamaza bya Trump

Umunyemari Elon Musk yatangaje ko yatanze miliyoni 75$ yo gufasha Donald Trump, umukandida (…)

Kemi Seba utarya indimi ku makosa y’u Bufaransa muri Afurika, yahaswe ibibazo

Umunya-Bénin Kemi Seba uzwiho kutarya indimi iyo bigeze ku makossa y’u Bufaransa ku Mugabane wa (…)

DR Congo: Barasaba ko amafaranga agabanywa 50% kugirango abarimu bongezwe

Muri Kivu y’Amajyaruguru,ku itariki ya 15 Ukwakira 2024, Sosiyete sivile yasabye Inteko Ishinga (…)