skol

Amakuru

Operasiyo ya Polisi imaze guta muri yombi abahebyi barenga 50

Itsinda ry’abapolisi bo mu Karere ka Muhanga, Kamonyi, Ruhango n’iryo mu Mujyi wa Kigali ririmo (…)

Donald Trump niwe watorewe kuyobora Amerika muri manda itaha

Umunyapolitiki Donald wo mu ishyaka ry’aba Républicain yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze (…)

U Bwongereza bwiyemeje guhindura umuvuno ku mubano wabwo na Afurika

Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Bwongereza, David Lammy, (…)

Amajyepfo: Hafashwe abantu 51 bafite aho bahuriye n’ubucuzi butemewe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu 51 barimo abakoraga mu bucukuzi (…)

Filipe Nyusi wayoboye Mozambique yasabye abaturage guhagarika imyigaragambyo

Filipe Nyusi usoje manda ze nka Perezida wa Mozambique, yasabye abari kwigaragambya mu mujyi wa (…)

Rurageretse hagati ya Elon Musk na Jennifer Lopez

Elon Musk yanenze Jennifer Lopez utaragiriye inama abantu yo kwirinda P.Diddy bahoze bakundana, (…)

Burkina Faso: Abasirikare bakuru barimo uwabaye perezida birukanwe mu gisirikare

Muri Burkina Faso, abasirikare bakuru benshi, barimo uwahoze ari perezida w’inzibacyuho, (…)

Kirehe: Yatawe muri yombi azira guhabwa ibihumbi 50 Frw ngo akorere undi muntu ‘Provisoire’

Umusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Kirehe yatawe muri yombi nyuma yo kujya gukorera undi muntu (…)

RDC yaciye amarenga ko itazashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu

Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaciriye amarenga akanama k’Umuryango (…)

MONUSCO yatangiye ku mugaragaro ubufatanye bwayo na SAMIDRC

MONUSCO yatangije, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Ugushyingo i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru, (…)

Bartasar wihaye akabyizi n’abagore barenga 400 barimo na mushiki wa Perezida ’yabanduje SIDA’

Ubutabera bwo muri Guinée-Équatoriale burashinja Baltasar Ebang Engonga usanzwe ari Umuyobozi (…)

Burundi: Umugore bivugwa ko amaze imyaka 30 apfuye yabonetse mu buryo bw’amayobera arafungwa

Mu gicuku cyo mu ijoro ryo ku cyumweru Tariki ya 3 rishyira kuwa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo (…)

Nyamasheke: Abatuye mu isantere ya Mugonero bagiye kwimurwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwongeye gushimangira ko abatuye mu isantere ya Mugonero yo (…)

Visi Perezida mushya wa Kenya yarahiye

Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2024 yakiriye indahiro ya (…)

Perezida Evaliste yugururiye amahanga akuraho VISA ku bihugu bya COMESA

Perezida Evaliste Ndayishimiye wemejwe nk’umuyobozi mukuru w’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika (…)