skol

Amakuru

U Bushinwa: Imodoka yiraye mu baturage hanze y’ikigo cy’ishuri, hakomereka benshi

Imodoka yiraye mu baturage irabagonga, abaturage benshi biganjemo ababyeyi n’abana bari bazanye (…)

Ukoresha TikTok yakatiwe gufungwa hafi imyaka itatu kubera gutuka Perezida Museveni

Urukiko rwa Entebbe muri Uganda rwakatiye Emmanuel Nabugodi igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi (…)

Hagaragajwe ko Israel yasenye ikigo cy’ubushakashatsi mu bya nucléaire cya Iran

Mu bitero byo kwihimura Israel iherutse kugaba muri Iran, yasenye ibikorwaremezo bitandukanye (…)

Bidasubirwaho EU yemeye guha RDF inkunga ya $20

Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), kuri uyu wa Mbere kashyigikiye burundu inkunga ya (…)

Amerika yemereye Ukraine kurasa ku Burusiya ikoresheje missile sirasa kure yayihaye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo zemereye Ukraine kurasa mu (…)

Umugore wa Perezida wa Brésil yatutse Elon Musk igitutsi nyandagazi

Umugore wa Perezida wa Brésil, Janja Lula da Silva, yatukiye mu ruhame umuherwe Elon Musk ubwo (…)

Tanzania: Inyubako yagwiriye abantu yica batanu abandi basaga 40 barakomereka

Muri Tanzania, abantu batanu (5) bapfuye abandi basaga 40 barakomereka nyuma y’uko inyubako (…)

Abadipolomate ba Israel bateraniye i Kigali

Ba Ambasaderi bungirije bahagarariye Israel mu bihugu bitandukanye bya Kigali, bateraniye i (…)

Mali: Ingabo za UN zasubije ikigo cya nyuma cyari mu maboko yazo

Ibiro by’izahoze ari Ingabo za UN zoherejwe kubungabunga amahoro muri Mali, byashyikirije Ingabo (…)

Loni yasabye ko intwaro zihabwa impande zihanganye muri Sudani zihagarikwa

Umuryango w’Abibumbye wasabye ibihugu bitandukanye guhagarika gutanga intwaro ku mpande ziri mu (…)

U Burusiya bwakomoreye Afurika amadeni ya miliyari 20$

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije w’u Burusiya akaba n’Intumwa Yihariye ya Perezida (…)

M23 yashyizeho abayobozi muri Bunagana no mu bindi bice by’ingenzi igenzura

Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko yashyizeho ubuyobozi (…)

Amerika yahagaritse ingendo zerekeza muri Haiti iminsi 30

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse ingendo z’indege zigana muri Haiti nyuma y’uko indege (…)

Trump yagennye umunyamakuru nk’ugomba kuba Minisitiri w’Ingabo

Perezida watowe muri Amerika, Donald Trump, yagennye Pete Hegseth nk’ugomba kuzaba Minisitiri (…)

Urusobe rw’ibyaranze imyaka 11 y’ubuyobozi bwa Musenyeri Justin Welby wa Anglikani

Guhera ku wa 21 Werurwe 2013 ni bwo Justin Welby yahawe inshingano zo kuyobora Itorero (…)