skol

Amakuru

Abagaba B’Ingabo Za Uganda Na DRC Nabo Baganiriye bemeranwa ibirimo kwitozanya

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye ko habaho imyitozo ya (…)

Peru: Leta yasabwe gutanga indishyi ku bagore yafungiye urubyaro ku gahato

Umuryango w’Abibumbye wasabye Leta ya Peru, gutanga indishyi z’akababaro ku bagore yafungiye (…)

Zambia: Umuryango w’abantu 6 bapfuye bagwiriwe n’ikirombe

Mu gihugu cya Zambia hakomeje gusakara amakuru y’urupfu rw’abantu umunani, barimo batandatu bo (…)

Amerika yijeje Koreya y’Epfo ubufasha mu bya gisirikare

Minisitiri w’Ingabo wa Amerika, Lloyd Austin, yavuze ko biteguye gufasha Koreya y’Epfo mu gukora (…)

Somalia yahambirije umujyanama muri Ambasade ya Ethiopia i Mogadishu

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane ya Somaliya yatangaje kuri uyu wa Gatatu, (…)

Indege y’igisirikare cya RDC yagurumanye ihitana abari bayirimo

Indege y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, yahiriye ku kibuga (…)

FARDC yongeye kwigarurira ahantu 7 hacukurwa amabuye y’agaciro muri Djugu

Ku wa Kabiri, itariki ya 29 Ukwakira 2024, igisirikare cyavuze ko byibuze imidugudu irindwi yari (…)

Sudani: Amerika yamaganye ibitero bya RSF byibasira abasivili

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze (…)

General David Bugozi Musuguri wayoboye urugamba rwahiritse ku butegetsi Idi Amin yapfuye

Gen (Rtd) David Musuguri wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania, yapfuye kuri uyu wa (…)

Ibitaro bya Muhima byongeye kuvugwamo serivisi mbi, nabyo byikoma ibya Nyarugenge

Ibitaro bya Muhima byongeye kunengwa serivisi bitanga nabyo bihita bigaragaza noneho impamvu (…)

Amafoto y’icyogajuru arerekana iby’ibitero bya Israel kuri Iran

Amashusho y’icyogajuru yasesenguwe na BBC Verify arerekana ibyaba byarangiritse ku bigo bimwe (…)

Loni igowe no kohereza ingabo muri Sudani

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryangi w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko mu gihe intambara (…)

Boko Haram yishe abasirikare 40 ba Tchad

Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Tchad mu ijoro ryo (…)

Korea ya Ruguru irashinja iy’Epfo kuvogera ikirere cyayo ikoresheje za drones

Minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Koreya ya Ruguru yashinje ingabo za Koreya y’Epfo kohereza (…)

Uganda: Urukiko rwakatiye imyaka 40 y’igifungo uwahoze ari umuyobozi muri LRA

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Ukwakira 2024, urukiko rwo muri Uganda rwakatiye uwahoze ari (…)