skol

Amakuru

Perezida Kagame yashimiye Mamadi Doumbouya watorewe kuyobora Guinée-Conakry

Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée-Conakry, Mamadi Doumbouya, watorewe kuyobora iki (…)

Abagabo bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bikubye karindwi mu mwaka umwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko umubare w’abagabo bakorerwa (…)

Togo ishaka gusubiza Leta ya RDC na AFC/M23 mu biganiro by’amahoro

Tariki ya 17 Mutarama 2026, Leta ya Togo iteganya kuyobora inama yo ku rwego rwo hejuru izaba (…)

Umunyamerika yigishije Abanyarwanda bakora muri pariki gufotora inyamaswa

Umunyamerika David McGowan, umenyerewe mu gutunganya filime mbarankuru, yiyemeje gutanga (…)

Abayobora Ingabo mu bihugu 12 bagiye kwicarira ibibazo bya Congo

Ba Minisitiri b’Ingabo n’Abagaba Bakuru b’Ingabo bo mu bihugu 12 bagiye guhurira mu nama (…)

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yaburiye abakomeje guteza imvururu zimaze guhitana abantu 10

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yahaye ishingiro abaturage bigaragambiriza (…)

Musanze: Polisi yaburijemo ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, umwe ahasiga ubuzima

Mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru ubwo Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yari mu bikorwa byo (…)

RDC: Mu 2025 abana barenga 35.000 bakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina

Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), igaragaza ko ihohoterwa (…)

Ndikuriyo wa CNDD-FDD yavuze ko umupaka w’u Burundi na Uvira uzafungurwa ari uko bwafunguye n’iy’u Rwanda

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Ndikuriyo Révérien, (…)

Ntabwo bagambiriye kugonga abapolisi- ACP Rutikanga ku mpanuka zakozwe n’abarimo DJ Toxxyk

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ku mpanuka zimaze iminsi ziba (…)

Yahungiye mu Rwanda nyuma yo gusambanywa n’abarenga 100: Agahinda k’uwandujwe Sida akanapfakazwa na FDLR

Kenshi iyo havuzwe uburyo ubutegetsi bwa Repubulika Ihanaranira Demokarasi ya Congo bwimitse (…)

Kuri Noheli mu Rwanda havutse abana barenga 900

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko tariki ya 25 Ukuboza 2025, havutse abana 961 hirya no hino mu (…)

Abangavu b’imyaka iri munsi ya 16 mu baburiwe irengero nyuma y’inkongi yahitanye benshi bariraga Ubunani mu kabari

Nibura abantu bagera kuri 40 bapfuye, abandi barenga 115 barakomereka bikomeye, nyuma y’inkongi (…)

Rulindo: Yafashwe iwe yarahagize indiri y’ubucuruzi bw’urumogi

Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo yafatiye mu cyuho umugabo wari ufite udupfunyika 689 n’ikilo (…)

Imibare y’abimukira binjira mu Bwongereza nyuma yo guhagarika amasezerano n’u Rwanda ikomeje gutumbagira

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Bwongereza, yatangaje ko abimukira batemewe n’amategeko (…)