skol

Amakuru

Ibimenyetso bishya by’imikoranire ya FDLR, FARDC n’abacanshuro

Umutwe w’iterabwoba wa FDLR, imitwe ya Wazalendo n’abacanshuro b’abanyamahanga bikomeje kuba (…)

Nyamasheke: Ikamyo yikoreye imbaho yarenze umuhanda igwa mu kabande

Ikamyo yo mu bwoko Dogfing yari itwawe na Nkundanyirazo Eugène w’imyaka 53 ari kumwe na (…)

Ingagi yo muri Pariki ya Virunga yabyaye impanga

Ingagi yo muri Pariki ya Virunga muri Repubulika Iharanira Demokarasi yabyaye impanga z’ingabo, (…)

Gisagara: Inkuba yishe umuntu umwe, ikomeretsa babiri

Umugore w’imyaka 37 wo mu Karere ka Gisagara yakubiswe n’inkuba iramwica, ikomeretsa abandi babiri.

Minisitiri Nduhungirehe ashinja impuguke za Loni kubogamira ku mutwe wa FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashinje (…)

U Budage bwashinje USA ubujura no gusenya amategeko y’Isi

Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier yagaragaje ko atishimiye politiki ya Perezida wa (…)

Trump yasabye inyongera ya 50% ku ngengo y’imari ikoreshwa n’igisirikare

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko kubera ibibazo Isi irimo (…)

U Bwongereza bwafashije Amerika gufata ubwato bw’u Burusiya butwara peteroli

Minisiteri y’Ingabo y’u Bwongereza, yatangaje ko yafashije ingabo za Amerika mu gikorwa cyo (…)

The Ben, Bruce Melodie na Israel Mbonyi: Amashyi ku bitaramo byasusurukije Abanyarwanda mu minsi mikuru

Ibitaramo bitandukanye by’abahanzi b’ibyamamare mu Rwanda birimo "Icyambu4" cya Israel Mbonyi, (…)

Katy Perry na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada banuriwe n’iminsi mikuru

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Katy Perry, yongeye kuvugisha (…)

Trump yatumiye mu biro bye Perezida wa Colombia nyuma yo kumutuka

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatumiye mu biro bye Perezida wa (…)

FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango FPR-Inkotanyi bwemeje ishyirwaho rw’Urwego rushya (…)

Trump yatangiye ibiganiro byo kugura Greenland

White House yashimangiye ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump hamwe (…)

Tanzania yafunguye abapolisi ba Kenya yafashe barenze umupaka

Ubuyobozi bwa Tanzania bwafunguye Abanya-Kenya batanu barimo n’abapolisi b’iki gihugu babiri (…)

Centrafrique: Abasirikare b’u Rwanda bambitswe imidali kubera akazi keza bakora

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gace ka Bria muri (…)