skol

Amakuru

Kayonza: Miliyari zisaga 4 Frw zigiye gushorwa mu mushinga wo kuhira

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza, butangaza ko bwatangiye umushinga wo kuhira imyaka (…)

Ikinyarwanda cyangizwa cyane n’abize- Minisitiri Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizumana Jean (…)

Umurambo w’umuntu wasanzwe mu kibuga cy’indege cya Entebbe

Umurambo w’umugabo bigaragara ko yahiye mbere yo gupfa, wasanzwe muri umwe mu mihanda y’indege (…)

Umubare w’abagororerwa mu bigo by’igororamuco wazamutseho 92% mu Rwanda

Umubare w’abajyanwa mu bigo by’igororamuco hirya no hino mu Rwanda wazamutseho 92% uva ku 3886 (…)

Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo

Ubushakashatsi bwa Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu ku bumwe (…)

U Rwanda rukomeje kugerageza mu mikino yo guhashya iterabwoba iri kubera i Dubai

Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bitabiriye irushanwa rya SWAT (Special Weapons and Tactics) (…)

Minisitiri Dr. Nsengiyumva yibukije abo muri AUDA-NEPAD kutishingikiriza ku kimuhana

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 43 (…)

Kenya iteganya kuganira n’u Burusiya ku baturage bayo bajyanwa mu ntambara ya Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, (…)

Ethiopia iravugwaho kugambanira Sudani iha imyitozo abarwanyi ba RSF

Inkuru yatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru Reuters ivuga ko muri Ethiopia hamenyekanye inkambi (…)

Abanyarwanda batuye muri Guinea bizihije Umunsi w’Intwari

Abanyarwanda baba mu gihugu cya Guinea bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, igikorwa cyabaye ku (…)

U Rwanda rwohereje abapolisi 160 mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi 160 bagiye koherezwa mu butumwa bwa Loni bwo kugarura (…)

U Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri mu kurwanya ruswa ku rwego rw’Isi

Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe kurwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International (TI) (…)

Nyamagabe: Bane bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge, undi arahuma

Mu Karere ka Nyamagabe, abagabo batatu n’umugore bitabye Imana, undi arahuma, hakekwa inzoga (…)

Mali: Moussa Mara wahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya 500,000 CFA

Moussa Mara wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Mali yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu (…)

Inkuru ya Akimana, Umurundi wisanze mu ntambara yo muri Ukraine nyuma yo kubeshywa buruse

Umurundi w’imyaka 32 y’amavuko witwa Jean-Bosco Akimana yatangaje ko mu Ugushyingo 2025 (…)